•     

Mbere yogutera akabariro basabwa kubanza gusimbuka makeri

Tanzania: Hari bamwe mu bagabo bagaragaje ihohoterwa bakorerwa n'abo bashakanye aho ngo gutera akabariro basabwa gusimbuka Makeri bazenguruka igitanda.

Mbere yogutera akabariro basabwa kubanza gusimbuka makeri
Aneth Kiyayo, Umuyobozi ushinzwe Ubuzima.

Abagabo batuye ahitwa Nanyamba, mu intara ya Mtwara, bararira ayo kwarika aho ngo umugabo ushaka gutera akabariro n'uwo bashakanye asabwa kubanza gusimbuka makeri azenguruka uburiri ( Igitanda).
 
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 11 Nyakanga 2023 ubwo abagabo bo muri ako gace bari  mu mahugurwa yateguwe n'umuryango utari uwa leta witwa Smile for Community, bamwe mu bagabo bagaragaje ihohoterwa bakorerwa nabo bashakanye aho ngo kugutera akabariro basabwa kubanza gusimbuka makeri bazenguruka igitanda.

Umuyobozi wako gace twakita nka Gitifu witwa Andrew Mathew, yavuze ko ibyo abo bagabo bakorerwa n'abashakanye ari ihohoterwa rishingiye ku gitsina. 

        Aneth Kiyayo Umuyobozi ushinzwe ubuzima.

Ati" hari ikitwa nkamananiza aho usanga umugore ategeka umugabo ngo nabanze asimbuke makeri azenguruka igitanda kugirango babone gutera akabariro, hariho n'abandi bagore bategeka abagabo babo kubanza kumesa imyenda yose iri munzu, ni mugihe hari bagore babwira abagabo babo ko bagomba guteka uwo munsi kugirango babashe gutera akabariro.  Ibi rero abagabo bakaba barabigaraje ko ari ukwimwa uburenganzira bwabo kandi ko ari ihohoterwa rishingiye ku gitsina ".

Uyu muyobozi yavuze ko ibi bituma haba amakimbirane mu miryango ndetse hakaba hari nabamwe bahitamo kujya guca inyuma abagore babo bitewe nuko baba banze gukora ibyo baba basabwe nabo bagore.

Bagabo John

Mbere yogutera akabariro basabwa kubanza gusimbuka makeri

Mbere yogutera akabariro basabwa kubanza gusimbuka makeri
Aneth Kiyayo, Umuyobozi ushinzwe Ubuzima.

Tanzania: Hari bamwe mu bagabo bagaragaje ihohoterwa bakorerwa n'abo bashakanye aho ngo gutera akabariro basabwa gusimbuka Makeri bazenguruka igitanda.

Abagabo batuye ahitwa Nanyamba, mu intara ya Mtwara, bararira ayo kwarika aho ngo umugabo ushaka gutera akabariro n'uwo bashakanye asabwa kubanza gusimbuka makeri azenguruka uburiri ( Igitanda).
 
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 11 Nyakanga 2023 ubwo abagabo bo muri ako gace bari  mu mahugurwa yateguwe n'umuryango utari uwa leta witwa Smile for Community, bamwe mu bagabo bagaragaje ihohoterwa bakorerwa nabo bashakanye aho ngo kugutera akabariro basabwa kubanza gusimbuka makeri bazenguruka igitanda.

Umuyobozi wako gace twakita nka Gitifu witwa Andrew Mathew, yavuze ko ibyo abo bagabo bakorerwa n'abashakanye ari ihohoterwa rishingiye ku gitsina. 

        Aneth Kiyayo Umuyobozi ushinzwe ubuzima.

Ati" hari ikitwa nkamananiza aho usanga umugore ategeka umugabo ngo nabanze asimbuke makeri azenguruka igitanda kugirango babone gutera akabariro, hariho n'abandi bagore bategeka abagabo babo kubanza kumesa imyenda yose iri munzu, ni mugihe hari bagore babwira abagabo babo ko bagomba guteka uwo munsi kugirango babashe gutera akabariro.  Ibi rero abagabo bakaba barabigaraje ko ari ukwimwa uburenganzira bwabo kandi ko ari ihohoterwa rishingiye ku gitsina ".

Uyu muyobozi yavuze ko ibi bituma haba amakimbirane mu miryango ndetse hakaba hari nabamwe bahitamo kujya guca inyuma abagore babo bitewe nuko baba banze gukora ibyo baba basabwe nabo bagore.

Bagabo John