•     

Depite Halima yitabye Imana

Depite Halima Idd Nassor wari uhagarariye ibyiciro by'ihariye mu inteko yitabye Imana uyu munsi ku wa 18 Mutarama 2026, ubwo yari ari kuvurirwa mu Kigo cy’Ubuvuzi bw’Umutima cya Jakaya Kikwete muri Tanzania.

Depite Halima yitabye Imana
Depite Halima yitabye Imana

Amakuru y’urupfu rwe yatangajwe na Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko  ya Tanzania, Mussa Azzan Zungu.

Ati" tubabajwe cyane no gutangaza urupfu rwa Depite  Halima Idd Nassor, rwabaye uyu munsi ku wa 18 Mutarama 2026 mu Mujyi wa Dar es Salaam. Turihanganisha ba Nyakubahwa Badepite bose, umuryango wa nyakwigendera, abavandimwe, inshuti n’abandi bose bagize ibyago byo kumubura. Imana ibahe kwihangana n’ihumure muri ibi bihe bikomeye."

Byongeye kandi,  imyiteguro y’ishyingurwa ikomeje gukorwa ku bufatanye hagati ya Inteko Ishinga Amategeko n’umuryango wa Halima, Imana imuhe iruhuko ridashira

Bagabo John 

Depite Halima yitabye Imana

Depite Halima yitabye Imana
Depite Halima yitabye Imana

Depite Halima Idd Nassor wari uhagarariye ibyiciro by'ihariye mu inteko yitabye Imana uyu munsi ku wa 18 Mutarama 2026, ubwo yari ari kuvurirwa mu Kigo cy’Ubuvuzi bw’Umutima cya Jakaya Kikwete muri Tanzania.

Amakuru y’urupfu rwe yatangajwe na Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko  ya Tanzania, Mussa Azzan Zungu.

Ati" tubabajwe cyane no gutangaza urupfu rwa Depite  Halima Idd Nassor, rwabaye uyu munsi ku wa 18 Mutarama 2026 mu Mujyi wa Dar es Salaam. Turihanganisha ba Nyakubahwa Badepite bose, umuryango wa nyakwigendera, abavandimwe, inshuti n’abandi bose bagize ibyago byo kumubura. Imana ibahe kwihangana n’ihumure muri ibi bihe bikomeye."

Byongeye kandi,  imyiteguro y’ishyingurwa ikomeje gukorwa ku bufatanye hagati ya Inteko Ishinga Amategeko n’umuryango wa Halima, Imana imuhe iruhuko ridashira

Bagabo John