•     

Uwari washimuswe yasabwe kutavuga ibyamubayeho mu minsi 31 yari amaze

Nyuma y'iminsi 31 uwari washimuswe yabonetse, ariko avuga ko abari bamushimuse ba mubwiye kutavuga ibyamubayeho.

Uwari washimuswe yasabwe kutavuga ibyamubayeho mu minsi  31 yari amaze
Nyuma y'iminsi 31 yaraburiwe irengero ya bonetse

Tanzania: Umugabo witwa John Lukonge utuye mu karere ka  Mkuranga, mu ntara ya  Pwani,  yari amaze iminsi 31 yaraburiwe irengero aho yashimuswe n'abantu batamenyekanye mu masaa tatu zijoro bamusanze ku iduka rye aho yakoreraga.


Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 4 Werurwe 2023 nibwo uwo muga yabonetse ariko atangaza ko aba mu shimuse ba mubwiye kutavuga ibyamubayeho ndetse no kutavuga aho yarari iyo minsi yose.

John Lukonge yari amaze iminsi 31 yaraburiwe irengero yabonetse ari muzima

John Lukonge, yavuze ko abamushimuse aribo bamuhaye tike hanyuma atega Moto asubira murugo. Uyu mugabo ngo afite Ibikomere byinshi ku mubiri we.

Nubwo John Lukonge ya bonetse, ikinyamakuru Mwanchi cyavuze ko hakiri abandi bantu ba buriwe irengero harimo n'umunyamakuru w'icyo gitangazamakuru witwa Azory Gwanda wabuze mu kwezi ku Ugushyingo 2017 hamwe n'umuyobozi n'umukada wa Chadema witwa Ben Saanane wabuze tariki ya 14 Ugushyingo 2016. Aba bose kugeza ubu ntabwo bari baboneka.

Umuryango wa John wavuze ko umuvandimwe wabo ba muhishe kuko bafite impungenge zuko abari bamushimuse bakongera ku garuka 

Bagabo John 

Uwari washimuswe yasabwe kutavuga ibyamubayeho mu minsi 31 yari amaze

Uwari washimuswe yasabwe kutavuga ibyamubayeho mu minsi  31 yari amaze
Nyuma y'iminsi 31 yaraburiwe irengero ya bonetse

Nyuma y'iminsi 31 uwari washimuswe yabonetse, ariko avuga ko abari bamushimuse ba mubwiye kutavuga ibyamubayeho.

Tanzania: Umugabo witwa John Lukonge utuye mu karere ka  Mkuranga, mu ntara ya  Pwani,  yari amaze iminsi 31 yaraburiwe irengero aho yashimuswe n'abantu batamenyekanye mu masaa tatu zijoro bamusanze ku iduka rye aho yakoreraga.


Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 4 Werurwe 2023 nibwo uwo muga yabonetse ariko atangaza ko aba mu shimuse ba mubwiye kutavuga ibyamubayeho ndetse no kutavuga aho yarari iyo minsi yose.

John Lukonge yari amaze iminsi 31 yaraburiwe irengero yabonetse ari muzima

John Lukonge, yavuze ko abamushimuse aribo bamuhaye tike hanyuma atega Moto asubira murugo. Uyu mugabo ngo afite Ibikomere byinshi ku mubiri we.

Nubwo John Lukonge ya bonetse, ikinyamakuru Mwanchi cyavuze ko hakiri abandi bantu ba buriwe irengero harimo n'umunyamakuru w'icyo gitangazamakuru witwa Azory Gwanda wabuze mu kwezi ku Ugushyingo 2017 hamwe n'umuyobozi n'umukada wa Chadema witwa Ben Saanane wabuze tariki ya 14 Ugushyingo 2016. Aba bose kugeza ubu ntabwo bari baboneka.

Umuryango wa John wavuze ko umuvandimwe wabo ba muhishe kuko bafite impungenge zuko abari bamushimuse bakongera ku garuka 

Bagabo John