•     

Umugore n'abana be babiri bimpanga bitabye Imana barohamye mu mugezi ubwo yariho amesa.

Umugore witwa Eveline Atieno ufite kimyaka 35 utuye ahitwa Mileng'a mu gace ka Bondo mu ntara ya Siayi muri Kenya, yitabye Imana arikumwe n'abana be babiri bimpanga ubwo barohamaga mu mugezi wa Yala.

Umugore n'abana be babiri bimpanga bitabye Imana barohamye mu mugezi ubwo yariho amesa.
Umugore yitabye Imana hamwe n'abana be babiri bimpanga ubwo yari yagiye ku mesa imyenda

Amakuru yemejwe n'umuyobozi w'ungirije wako gace witwa Austin Bunde, aho yavuze ko umugabo w'uwo mugore yageze murugo agasanga umugore we n'abo bana badahari

Uwo mugabo ngo yabagije aho umugore n'abana bagiye hanyuma bamubwira ko bagiye ku mesa kuri uwo mugezi wa Yala.

Atieno umugabo w'uwo mugore yahise ajya kuri uwo mugezi arabashaka arababura nibwo yaje kubona umurambo w'umwe muri abo bana bimpanga ureremba mu mazi.

Yakomeje gushakisha aza no kubona umurambo w'umugore we, ariko ngo kubera imigenzo n'imico yo muri ako gace, iyo mirambo uko ari ibiri igomba kuba ku nkombe z'uwo mugezi kugeza igihe undi murambo wagatatu nawo   uzabonekera hanyuma ibone gushyingurwa.

Ntabwo haramenyekana uburyo uwo mugore n'abo  bana be babiri bimpanga uburyo barohamye muri uwo mugezi.

Bagabo John

Umugore n'abana be babiri bimpanga bitabye Imana barohamye mu mugezi ubwo yariho amesa.

Umugore n'abana be babiri bimpanga bitabye Imana barohamye mu mugezi ubwo yariho amesa.
Umugore yitabye Imana hamwe n'abana be babiri bimpanga ubwo yari yagiye ku mesa imyenda

Umugore witwa Eveline Atieno ufite kimyaka 35 utuye ahitwa Mileng'a mu gace ka Bondo mu ntara ya Siayi muri Kenya, yitabye Imana arikumwe n'abana be babiri bimpanga ubwo barohamaga mu mugezi wa Yala.

Amakuru yemejwe n'umuyobozi w'ungirije wako gace witwa Austin Bunde, aho yavuze ko umugabo w'uwo mugore yageze murugo agasanga umugore we n'abo bana badahari

Uwo mugabo ngo yabagije aho umugore n'abana bagiye hanyuma bamubwira ko bagiye ku mesa kuri uwo mugezi wa Yala.

Atieno umugabo w'uwo mugore yahise ajya kuri uwo mugezi arabashaka arababura nibwo yaje kubona umurambo w'umwe muri abo bana bimpanga ureremba mu mazi.

Yakomeje gushakisha aza no kubona umurambo w'umugore we, ariko ngo kubera imigenzo n'imico yo muri ako gace, iyo mirambo uko ari ibiri igomba kuba ku nkombe z'uwo mugezi kugeza igihe undi murambo wagatatu nawo   uzabonekera hanyuma ibone gushyingurwa.

Ntabwo haramenyekana uburyo uwo mugore n'abo  bana be babiri bimpanga uburyo barohamye muri uwo mugezi.

Bagabo John