•     

Abantu 40 bazize impanuka ya bisi ebyiri zagonganye

Perezida wa Senegal Macky Sall, ya shyizeho icyunamo cy'iminsi itatu mu kunamira abantu 40 baguye muri Bus ebyiri zagonganye kuri uyu wa 8 Mutarama 2023

Abantu 40 bazize impanuka ya bisi ebyiri zagonganye
Perezida wa Senegal Mackey Sall yashyizeho icyunamo ki minsi itatu mu gihugu hose mu rwego rwo kunamira abantu 40 ahitanywe n'impanuka y'imodoka

Iyi mpanuka yabaye mu rukerera rwo kucyumweru mu muhanda wa
 Kaffrine Touba

Perezida Macky Sall yavuze ko kuri uyu wa mbere tariki 9 Mutarama 2023 leta izaterana kugirango hafatwe ingamba zikomeye ku ibijyanye n'umutekano wo mu muhanda.

Yagize ati" nababajwe bikomeye n'impanuka yabaye igahitana abantu 40 abandi bagakomereka,  mboneyeho kwihanganisha imiryango yababuriye ababo muriyo mpanuka kandi abitabye Imana baruhukire mu mahoro".

Perezida wa Senegal Mackey Sall

Nyuma yo kwihanganisha imiryango ya baburiye ababo muriyo mpanuka, Perezida Mackey Sall yahise atangaza ko guhera kuri uyu wambere 9 Mutarama 2023 hatangira icyunamo ki minsi itatu mu gihugu hose mu rwego rwo ku namira abantu abahitanywe niyo mpanuka.

Bagabo John

Abantu 40 bazize impanuka ya bisi ebyiri zagonganye

Abantu 40 bazize impanuka ya bisi ebyiri zagonganye
Perezida wa Senegal Mackey Sall yashyizeho icyunamo ki minsi itatu mu gihugu hose mu rwego rwo kunamira abantu 40 ahitanywe n'impanuka y'imodoka

Perezida wa Senegal Macky Sall, ya shyizeho icyunamo cy'iminsi itatu mu kunamira abantu 40 baguye muri Bus ebyiri zagonganye kuri uyu wa 8 Mutarama 2023

Iyi mpanuka yabaye mu rukerera rwo kucyumweru mu muhanda wa
 Kaffrine Touba

Perezida Macky Sall yavuze ko kuri uyu wa mbere tariki 9 Mutarama 2023 leta izaterana kugirango hafatwe ingamba zikomeye ku ibijyanye n'umutekano wo mu muhanda.

Yagize ati" nababajwe bikomeye n'impanuka yabaye igahitana abantu 40 abandi bagakomereka,  mboneyeho kwihanganisha imiryango yababuriye ababo muriyo mpanuka kandi abitabye Imana baruhukire mu mahoro".

Perezida wa Senegal Mackey Sall

Nyuma yo kwihanganisha imiryango ya baburiye ababo muriyo mpanuka, Perezida Mackey Sall yahise atangaza ko guhera kuri uyu wambere 9 Mutarama 2023 hatangira icyunamo ki minsi itatu mu gihugu hose mu rwego rwo ku namira abantu abahitanywe niyo mpanuka.

Bagabo John