•     

Yitabye Imana ubwo yajyaga kongeresha ikibuno

Nigeria: Ukukobwa witwa Destiny Jojo uri mu kigero kimyaka 20 yitabye Imana ubwo yari yagiye kongeresha ikibuno ku bitaro byo mu mujyi wa Lagos.

Yitabye Imana ubwo yajyaga kongeresha ikibuno
Yitabye Imana nyuma yakujya kongera ikibuno

Uyu mukobwa bivugwa ko nyuma yo kwibagisha ngo yongererwe ikibuno, bahise ba musezerera ajya murugo ariko nyuma y'iminsi ine atashye, yahise agira ikibazo cy'ubumekero.

Nyuma yaho guhumeka byanze, Jojo bahise bamusubiza kwa muganga batangira ku mwongerera umwuka bifashishije oxygen.

Umwe mubatanze ubuhamya yavuze ko jojo nyuma yaho bamaze ku mubaga yahise agira ikibazo cyo guhumeka bahita ba mutwara ku baganga bi nzobere ngo barebe ikibazo afite, ariko bya komeje kwa nga biba ngombwa ko bamwohereza mu bindi bitaro ariko ahagera yamaze kwitaba Imana. 

Bagabo John

Yitabye Imana ubwo yajyaga kongeresha ikibuno

Yitabye Imana ubwo yajyaga kongeresha ikibuno
Yitabye Imana nyuma yakujya kongera ikibuno

Nigeria: Ukukobwa witwa Destiny Jojo uri mu kigero kimyaka 20 yitabye Imana ubwo yari yagiye kongeresha ikibuno ku bitaro byo mu mujyi wa Lagos.

Uyu mukobwa bivugwa ko nyuma yo kwibagisha ngo yongererwe ikibuno, bahise ba musezerera ajya murugo ariko nyuma y'iminsi ine atashye, yahise agira ikibazo cy'ubumekero.

Nyuma yaho guhumeka byanze, Jojo bahise bamusubiza kwa muganga batangira ku mwongerera umwuka bifashishije oxygen.

Umwe mubatanze ubuhamya yavuze ko jojo nyuma yaho bamaze ku mubaga yahise agira ikibazo cyo guhumeka bahita ba mutwara ku baganga bi nzobere ngo barebe ikibazo afite, ariko bya komeje kwa nga biba ngombwa ko bamwohereza mu bindi bitaro ariko ahagera yamaze kwitaba Imana. 

Bagabo John