•     

Kenya: Abapolisi bugarijwe n'ubuzima bwo mu mutwe.

Birasa nkaho abapolisi ba Kenya bazi iki kibazo - mu ntangiriro zuyu mwaka umuyobozi wa polisi yavuze ko abapolisi be bagera ku 2000 basanze badakwiriye gukora kubera ubuzima bwabo bwo mu mutwe - mu bapolisi bagera ku 100.000.

Kenya: Abapolisi  bugarijwe n'ubuzima bwo mu mutwe.
Polisi ya Kenya yugarijwe n'ibibazo byo mu mutwe.

Nk’uko imibare iheruka ibigaragaza, umwaka ushize hari abantu 57 biyahuye.

Imibare yabanjirije 2021 nubwo itarasohoka  ariko ikibabaje nuko iki kibazo gisa nkicyiyongera cyane mu bapolisi

Umuyobozi ushinzwe ubukangurambaga muri Amnesty Kenya, Demas Kiprono, umaze imyaka ine yiga ubuzima bwo mu mutwe bwa polisi, yavuze ko Serivisi za polisi zifatwa nkigihano  no kwerekana amarangamutima bisobanurwa nkintege nke.

Aya magambo yagarutsweho n’umuhanga mu by'imitekerereze ya muntu witwa Rechael Mbugwa, wavuye abapolisi benshi baribafite ibibazo byo mu mutwe. Nkuko BBC dukesha iyi nkuru ya bitangaje.

 
Yakomeje avuga ko  abapolisi bahungabanye mu mutwe, bashyira uburakari bwabo ku baturage, niyo mpamvu tubona ubwiyongere bw'abapolisi bakora urugomo cg bahohotera abaturage.

Nikenshi muri Kenya wumva inkuru z'umupolisi wiyahuye cyangwa akarasa abantu ku mugaragaro ntacyo abahoye.

Muri Mata, Amnesty ishami rya  Kenya rifatanije na Missing Voice, ihuriro ry’imiryango itegamiye kuri Leta, batanze raporo  ku bwiyongere bw’imanza zishingiye ku bugome bwa giye bukorwa na ba Polisi.

Bavuze uburyo abapolisi bakubise abantu kugeza bapfuye, bambura abasivili  ibyabo ndetse barasa inzirakarengane zihasiga ubuzima izindi zirakomereka.

Bagabo John

Kenya: Abapolisi bugarijwe n'ubuzima bwo mu mutwe.

Kenya: Abapolisi  bugarijwe n'ubuzima bwo mu mutwe.
Polisi ya Kenya yugarijwe n'ibibazo byo mu mutwe.

Birasa nkaho abapolisi ba Kenya bazi iki kibazo - mu ntangiriro zuyu mwaka umuyobozi wa polisi yavuze ko abapolisi be bagera ku 2000 basanze badakwiriye gukora kubera ubuzima bwabo bwo mu mutwe - mu bapolisi bagera ku 100.000.

Nk’uko imibare iheruka ibigaragaza, umwaka ushize hari abantu 57 biyahuye.

Imibare yabanjirije 2021 nubwo itarasohoka  ariko ikibabaje nuko iki kibazo gisa nkicyiyongera cyane mu bapolisi

Umuyobozi ushinzwe ubukangurambaga muri Amnesty Kenya, Demas Kiprono, umaze imyaka ine yiga ubuzima bwo mu mutwe bwa polisi, yavuze ko Serivisi za polisi zifatwa nkigihano  no kwerekana amarangamutima bisobanurwa nkintege nke.

Aya magambo yagarutsweho n’umuhanga mu by'imitekerereze ya muntu witwa Rechael Mbugwa, wavuye abapolisi benshi baribafite ibibazo byo mu mutwe. Nkuko BBC dukesha iyi nkuru ya bitangaje.

 
Yakomeje avuga ko  abapolisi bahungabanye mu mutwe, bashyira uburakari bwabo ku baturage, niyo mpamvu tubona ubwiyongere bw'abapolisi bakora urugomo cg bahohotera abaturage.

Nikenshi muri Kenya wumva inkuru z'umupolisi wiyahuye cyangwa akarasa abantu ku mugaragaro ntacyo abahoye.

Muri Mata, Amnesty ishami rya  Kenya rifatanije na Missing Voice, ihuriro ry’imiryango itegamiye kuri Leta, batanze raporo  ku bwiyongere bw’imanza zishingiye ku bugome bwa giye bukorwa na ba Polisi.

Bavuze uburyo abapolisi bakubise abantu kugeza bapfuye, bambura abasivili  ibyabo ndetse barasa inzirakarengane zihasiga ubuzima izindi zirakomereka.

Bagabo John