•     

Yahanutse mu igorofa ya gatatu ubwo yitiranyaga Umuryango wa Wese n'idirishya.

Tanzania: Umugabo wamenyekanye ku izina rya Rogan, yahanutse mu igorofa ya gatatu agera ku yakabiri nyuma yaho yitiranyije umuryago wa Wese n'idirishya.

Yahanutse mu igorofa ya  gatatu ubwo yitiranyaga Umuryango wa Wese  n'idirishya.
Yahanutse mu igorofa ya gatatu ubwo yitiranyaga umuryango wa Wese n'idirishya

Uyu mugabo utuye mu intara  ya Morogoro, yakoze impanuka ubwo yari muri Hotel yitwa Cate, iherereye muri Dar es Salaam.

Ayamakuru yemejwe n'umuyobozi ushinzwe ishami ryo kuzimya inkongi y'umuriro witwa Emmanuel Ochieng, aho yavuze ko iyo mpanuka yabaye kuri uyu wagatanu tariki ya 14 Nyakanga 2023.

                              Gate Hotel 

Ati" Amakuru twahawe nabanyiri Hotel, ni uko uwo mugabo yari kumwe n'umugore we muri iyo Hotel hanyuma bigeze mu rukerera mu ma saa kumi nimwe, umugore yicuye abona umugabo we adahari ahita atangira gushakisha. yaje kujya muri Wese abona umugabo yaheze mu idirishya mu igorofa rya kabiri, niko gutabaza hanyuma ishami rishinzwe ubutabazi  rihita rihagera risanga uwo mugabo atarashyiramo umwuka bahita bamutwara kwa Muganga".

Iperereza ry'ibanze ryerekana ko uwo mugabo yari yasinze bigatuma yitiranya urugi rwa Wese ndetse n'idirishya. 

Bagabo John

Yahanutse mu igorofa ya gatatu ubwo yitiranyaga Umuryango wa Wese n'idirishya.

Yahanutse mu igorofa ya  gatatu ubwo yitiranyaga Umuryango wa Wese  n'idirishya.
Yahanutse mu igorofa ya gatatu ubwo yitiranyaga umuryango wa Wese n'idirishya

Tanzania: Umugabo wamenyekanye ku izina rya Rogan, yahanutse mu igorofa ya gatatu agera ku yakabiri nyuma yaho yitiranyije umuryago wa Wese n'idirishya.

Uyu mugabo utuye mu intara  ya Morogoro, yakoze impanuka ubwo yari muri Hotel yitwa Cate, iherereye muri Dar es Salaam.

Ayamakuru yemejwe n'umuyobozi ushinzwe ishami ryo kuzimya inkongi y'umuriro witwa Emmanuel Ochieng, aho yavuze ko iyo mpanuka yabaye kuri uyu wagatanu tariki ya 14 Nyakanga 2023.

                              Gate Hotel 

Ati" Amakuru twahawe nabanyiri Hotel, ni uko uwo mugabo yari kumwe n'umugore we muri iyo Hotel hanyuma bigeze mu rukerera mu ma saa kumi nimwe, umugore yicuye abona umugabo we adahari ahita atangira gushakisha. yaje kujya muri Wese abona umugabo yaheze mu idirishya mu igorofa rya kabiri, niko gutabaza hanyuma ishami rishinzwe ubutabazi  rihita rihagera risanga uwo mugabo atarashyiramo umwuka bahita bamutwara kwa Muganga".

Iperereza ry'ibanze ryerekana ko uwo mugabo yari yasinze bigatuma yitiranya urugi rwa Wese ndetse n'idirishya. 

Bagabo John