•     

Umugore yanze gutanga ikirego ahitamo gusengera umugabo we wasambanyije umwana wabo w'imyaka itatu

Kenya: Umugabo yasambanyije umwana we w'imyaka itatu hanyuma nyina w'umwana yanga gutanga ikirego ahubwo ahitamo kujya ku musengera ngo Imana ikure imyuka mibi iri mu mugabo

Umugore yanze gutanga ikirego ahitamo gusengera umugabo we wasambanyije umwana wabo w'imyaka itatu
Yanze gutanga ikirego ahitamo gusengera umugabo we

Ayo mahano yakozwe n'uwo mubyeyi gito ubwo yariho yoza uwo mwana w'umukobwa w'imyaka itatu hanyuma ahita amusambanya.

Nyina yaje kubona umwana ameze nabi atabasha kugenda amubaza icyo yabaye hanyuma umwana amubwira ko se yamusambanyije ubwo yariho amwoza.

Nyirarume w'uwo mwana yavuze ko uwo mwana batamutwaye kwa mu ganga ngo abone ubuvuzi kubera ko nyina yabyanze avuga  aramutse agiye kwa muganga bahita bamenya icyabiteye hanyuma se w'umwana agafatwa kandi ngo aramutse afunzwe bagira imibereho mibi kuko ngo niwe utunze urugo.

Uwo mugore yahisemo kujya ku musengera ngo imyuka mibi iri mu mugabo we ikurweho kuko ibyo yakoze ari Satani wabiteye.

Ibi byabaye kuri uyu wa wagatanu tariki ya 31 Werurwe 2023 mu ntara ya Mombasa, mu kiganiro kigufi yagiranye n'Ikinyakamakuru kitwa K24, uwo mugore yavuze ko ubwo yabyaraga ba mubaze bimuviramo ubumuga kuburyo ntakintu akibasha kwi korera, bityo baramutse bafunze umugabo we byateza ibibazo kuko ntawo guhahira urugo uhari  bakwicwa n'inzara.

Kugeza ubu uwo mwana ntabwo arabona ubuvuzi ndetse ntanubwo uwo mugabo wakoze ayo mabara aragezwa imbere y'ubutabera.

Bagabo John

Umugore yanze gutanga ikirego ahitamo gusengera umugabo we wasambanyije umwana wabo w'imyaka itatu

Umugore yanze gutanga ikirego ahitamo gusengera umugabo we wasambanyije umwana wabo w'imyaka itatu
Yanze gutanga ikirego ahitamo gusengera umugabo we

Kenya: Umugabo yasambanyije umwana we w'imyaka itatu hanyuma nyina w'umwana yanga gutanga ikirego ahubwo ahitamo kujya ku musengera ngo Imana ikure imyuka mibi iri mu mugabo

Ayo mahano yakozwe n'uwo mubyeyi gito ubwo yariho yoza uwo mwana w'umukobwa w'imyaka itatu hanyuma ahita amusambanya.

Nyina yaje kubona umwana ameze nabi atabasha kugenda amubaza icyo yabaye hanyuma umwana amubwira ko se yamusambanyije ubwo yariho amwoza.

Nyirarume w'uwo mwana yavuze ko uwo mwana batamutwaye kwa mu ganga ngo abone ubuvuzi kubera ko nyina yabyanze avuga  aramutse agiye kwa muganga bahita bamenya icyabiteye hanyuma se w'umwana agafatwa kandi ngo aramutse afunzwe bagira imibereho mibi kuko ngo niwe utunze urugo.

Uwo mugore yahisemo kujya ku musengera ngo imyuka mibi iri mu mugabo we ikurweho kuko ibyo yakoze ari Satani wabiteye.

Ibi byabaye kuri uyu wa wagatanu tariki ya 31 Werurwe 2023 mu ntara ya Mombasa, mu kiganiro kigufi yagiranye n'Ikinyakamakuru kitwa K24, uwo mugore yavuze ko ubwo yabyaraga ba mubaze bimuviramo ubumuga kuburyo ntakintu akibasha kwi korera, bityo baramutse bafunze umugabo we byateza ibibazo kuko ntawo guhahira urugo uhari  bakwicwa n'inzara.

Kugeza ubu uwo mwana ntabwo arabona ubuvuzi ndetse ntanubwo uwo mugabo wakoze ayo mabara aragezwa imbere y'ubutabera.

Bagabo John