Umugorowa yatorotse i bitaro muri Kenya, nyuma yaho afashwe na Cholera abacungagereza batatu bagahita bamwihutana kwa muganga.
Amakuru avuga ko abo bacunga gereza bamenye ko uwo mugororwa yatorotse ibitaro mu masaa tatu za nijoro tariki ya 16 Mutarama 2023
Police yo muri Nairobi yatangiye guhiga bukware uwo mu gororwa watorotse aho yashinjwagwa icyaha cy'ubujura.

Kugeza ubu haracyari urujijo uburyo yafunguye amapingu akayasiga kugitanda yari aryamyeho agahita aca murihumye abo bacunga Gereza batatu bari bamurinze
Bagabo John
