•     

Nyuma yokumara imyaka itatu mu bwihisho yatawe muri yombi

Urwego rushinzwe gukumira no kurwanya ruswa muri Tanzania, TAKUKURU, rwatangaje ko rwafashe rukanagarura muri icyo gihugu Umunyekongo witwa Thomas Maweja, ukurikiranyweho kunyereza umutungo ungana na miliyari imwe y’amashilingi ya Tanzania. Uwo mugabo yari yarashyiriweho impapuro zo kumuta muri yombi n’Urukiko rwa Kisutu.

Nyuma yokumara imyaka itatu mu bwihisho yatawe muri yombi
Nyuma yokumara imyaka itatu mu bwihisho yatawe muri yombi

Mu kiganiro n’abanyamakuru cyabereye ku Kibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Julius Nyerere, Umuyobozi wa TAKUKURU mu Karere ka Kinondoni, Christian Nyakize, yavuze ko Maweja ari umwe mu bashinze sosiyete ya STECA Export Company Limited.

Nyakize yavuze kandi ko Maweja yari amaze imyaka itatu ashakishwa kuva mu mwaka wa 2023.

Akurikiranywe hamwe n’abandi bantu barindwi bakekwaho ibyaha birimo guhimba inyandiko, kubona amafaranga mu buryo bw’uburiganya no kunyereza umutungo.

Bagabo John 

Nyuma yokumara imyaka itatu mu bwihisho yatawe muri yombi

Nyuma yokumara imyaka itatu mu bwihisho yatawe muri yombi
Nyuma yokumara imyaka itatu mu bwihisho yatawe muri yombi

Urwego rushinzwe gukumira no kurwanya ruswa muri Tanzania, TAKUKURU, rwatangaje ko rwafashe rukanagarura muri icyo gihugu Umunyekongo witwa Thomas Maweja, ukurikiranyweho kunyereza umutungo ungana na miliyari imwe y’amashilingi ya Tanzania. Uwo mugabo yari yarashyiriweho impapuro zo kumuta muri yombi n’Urukiko rwa Kisutu.

Mu kiganiro n’abanyamakuru cyabereye ku Kibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Julius Nyerere, Umuyobozi wa TAKUKURU mu Karere ka Kinondoni, Christian Nyakize, yavuze ko Maweja ari umwe mu bashinze sosiyete ya STECA Export Company Limited.

Nyakize yavuze kandi ko Maweja yari amaze imyaka itatu ashakishwa kuva mu mwaka wa 2023.

Akurikiranywe hamwe n’abandi bantu barindwi bakekwaho ibyaha birimo guhimba inyandiko, kubona amafaranga mu buryo bw’uburiganya no kunyereza umutungo.

Bagabo John