•     

Umwavoka yitabye Imana nyuma yo gukoresha ibinini byongera imbaraga mu gutera akabariro n'indaya.

Umwunganizi mu mategeko bazwi nk'abavoka muri Kenya, yitabye Imana ari muri Hotel ubwo yakoreshaga ibinini byongera imbaraga mu gutera akabariro ubwo yarikumwe n'indaya

Umwavoka yitabye Imana   nyuma yo gukoresha ibinini byongera imbaraga mu gutera akabariro n'indaya.
Umwavoka yitabye Imana nyuma yo kunywa ibinini byongera imbaraga mu gutera akabariro

Aya makuru y'urupfu rw'uyu mu nyamategeko witwa Kitengela, wari utuye mu intara ya Kajiado, yitabye Imana ubwo yakoreshaga ibinini byongera imbaraga mu gutera akabariro.

Polisi  yatangaje ko ba bamusanganye  ibinini byitwa Ascard 75 ubwo yari amaze gutera akabariro agahita yikubita hasi agahwera nyuma yo ku mugeza mu bitaro bya Aga Khan yahise yitaba Imana. 

Ibinini byongera imbaraga mu gutera akabariro 

Umugore we yavuze ko ubusanzwe yagiraga ikibazo cy'umutima kuko basanze nta bikomere ku mubiri afite  wenda ngo bicyekwe ko yaba yishwe.

Uwo nyakwigendera ngo yari yakodeshe icyumba muri iyo Hotel aho uwo mukobwa utatangajwe amazina yamusanze akaba arinaho yaguye.

Bagabo John

Umwavoka yitabye Imana nyuma yo gukoresha ibinini byongera imbaraga mu gutera akabariro n'indaya.

Umwavoka yitabye Imana   nyuma yo gukoresha ibinini byongera imbaraga mu gutera akabariro n'indaya.
Umwavoka yitabye Imana nyuma yo kunywa ibinini byongera imbaraga mu gutera akabariro

Umwunganizi mu mategeko bazwi nk'abavoka muri Kenya, yitabye Imana ari muri Hotel ubwo yakoreshaga ibinini byongera imbaraga mu gutera akabariro ubwo yarikumwe n'indaya

Aya makuru y'urupfu rw'uyu mu nyamategeko witwa Kitengela, wari utuye mu intara ya Kajiado, yitabye Imana ubwo yakoreshaga ibinini byongera imbaraga mu gutera akabariro.

Polisi  yatangaje ko ba bamusanganye  ibinini byitwa Ascard 75 ubwo yari amaze gutera akabariro agahita yikubita hasi agahwera nyuma yo ku mugeza mu bitaro bya Aga Khan yahise yitaba Imana. 

Ibinini byongera imbaraga mu gutera akabariro 

Umugore we yavuze ko ubusanzwe yagiraga ikibazo cy'umutima kuko basanze nta bikomere ku mubiri afite  wenda ngo bicyekwe ko yaba yishwe.

Uwo nyakwigendera ngo yari yakodeshe icyumba muri iyo Hotel aho uwo mukobwa utatangajwe amazina yamusanze akaba arinaho yaguye.

Bagabo John