Umwunganizi mu mategeko bazwi nk'abavoka muri Kenya, yitabye Imana ari muri Hotel ubwo yakoreshaga ibinini byongera imbaraga mu gutera akabariro ubwo yarikumwe n'indaya
Aya makuru y'urupfu rw'uyu mu nyamategeko witwa Kitengela, wari utuye mu intara ya Kajiado, yitabye Imana ubwo yakoreshaga ibinini byongera imbaraga mu gutera akabariro.
Polisi yatangaje ko ba bamusanganye ibinini byitwa Ascard 75 ubwo yari amaze gutera akabariro agahita yikubita hasi agahwera nyuma yo ku mugeza mu bitaro bya Aga Khan yahise yitaba Imana.

Ibinini byongera imbaraga mu gutera akabariro
Umugore we yavuze ko ubusanzwe yagiraga ikibazo cy'umutima kuko basanze nta bikomere ku mubiri afite wenda ngo bicyekwe ko yaba yishwe.
Uwo nyakwigendera ngo yari yakodeshe icyumba muri iyo Hotel aho uwo mukobwa utatangajwe amazina yamusanze akaba arinaho yaguye.
Bagabo John
