•     

Impanuka ikomeye yahitanye umuhanzi ari kumwe na bashikibe babiri

Muri Kenya, haravugwa impanuka yabaye ku mugoroba wejo ku wagatanu tariki ya 24 Gashyantare 2023 aho iyo modoka yavaga ahitwa Londiani yerekeza Muhoroni, ikaba yahitanye Umuhanzi witwa Kevin Oselu ndetse na bashiki be babiri

Impanuka ikomeye yahitanye umuhanzi ari kumwe na bashikibe babiri
Umuhanzi Kevin Oselu yutabye Imana aguye mu mpanuka.

Uyu muhanze Kevin yari azwi cyane mu gutera urwenya yifashshije urubuga rwa Tiktok.

Ababonye iyo mpanuka iba, bavuze ko imodoka ntoya yaje ifite muvudiko hanyuma igonga amapoto ari ku muhanda ihita igwa mu mukingo.

Umuhanzi Kevin Oselu yitabye Imana 

Umuyobozi wa Polisi wageze ahabereye iyo mpanuka yavuze ko mubantu bitabye Imana harimo uwo Kevin n'abashikibe babiri ndetse n'umwana wa mushiki wa Kevin, mugihe abandi batatu bakomeretse.

Imirambo y'abitabye Imana yahise ijyanwa mu buruhukiro bw'ibitaro bya St Vincent.

Bagabo John

Impanuka ikomeye yahitanye umuhanzi ari kumwe na bashikibe babiri

Impanuka ikomeye yahitanye umuhanzi ari kumwe na bashikibe babiri
Umuhanzi Kevin Oselu yutabye Imana aguye mu mpanuka.

Muri Kenya, haravugwa impanuka yabaye ku mugoroba wejo ku wagatanu tariki ya 24 Gashyantare 2023 aho iyo modoka yavaga ahitwa Londiani yerekeza Muhoroni, ikaba yahitanye Umuhanzi witwa Kevin Oselu ndetse na bashiki be babiri

Uyu muhanze Kevin yari azwi cyane mu gutera urwenya yifashshije urubuga rwa Tiktok.

Ababonye iyo mpanuka iba, bavuze ko imodoka ntoya yaje ifite muvudiko hanyuma igonga amapoto ari ku muhanda ihita igwa mu mukingo.

Umuhanzi Kevin Oselu yitabye Imana 

Umuyobozi wa Polisi wageze ahabereye iyo mpanuka yavuze ko mubantu bitabye Imana harimo uwo Kevin n'abashikibe babiri ndetse n'umwana wa mushiki wa Kevin, mugihe abandi batatu bakomeretse.

Imirambo y'abitabye Imana yahise ijyanwa mu buruhukiro bw'ibitaro bya St Vincent.

Bagabo John