•     

Abantu 11 bitabye Imana bavuye gushyingura

Kenya: impanuka y'imodoka yarimo abantu bataramenyekana umubare bari bavuye gushyingura bakoze impanuka cumi n'umwe bitaba Imana abandi barakomereka bikabije

Abantu 11  bitabye Imana bavuye gushyingura
Abantu 11 bitabye Imana bavuye Gushyingura

Kimwe mu bitangazamakuru byandikirwa muri Kenya, cyatangaje ko abantu bari bavuye gushyingura  inshuti yabo  yitabye Imana hanyuma bageze ahitwa Teveta imodoka ikora impanuka abantu cumi n'umwe bahita bahasiga ubuzima abandi barakomereka bahita bajyanwa mu butaro.

Umuyobozi wa Polisi mugace ka Mwatate Morris Okul yemeje ibyiyo mpanuka avuga ko hahise hakorwa ubutabazi bwihuse kuburyo inkomere zahise zijyanwa mu butaro.

 Muri video yagaragaye ku mbunga nkoranyambaga yerekanaga abagiraneza bariho bakora ubutabazi barokora abantu bari muri iyo modoka.

Ntamakuru aratangazwa y'umubare w'abantu iyo modoka yari itwaye ndetse n'umubare w'inkomere kuko ubutabazi bwari bugikorwa.

Bagabo John

Abantu 11 bitabye Imana bavuye gushyingura

Abantu 11  bitabye Imana bavuye gushyingura
Abantu 11 bitabye Imana bavuye Gushyingura

Kenya: impanuka y'imodoka yarimo abantu bataramenyekana umubare bari bavuye gushyingura bakoze impanuka cumi n'umwe bitaba Imana abandi barakomereka bikabije

Kimwe mu bitangazamakuru byandikirwa muri Kenya, cyatangaje ko abantu bari bavuye gushyingura  inshuti yabo  yitabye Imana hanyuma bageze ahitwa Teveta imodoka ikora impanuka abantu cumi n'umwe bahita bahasiga ubuzima abandi barakomereka bahita bajyanwa mu butaro.

Umuyobozi wa Polisi mugace ka Mwatate Morris Okul yemeje ibyiyo mpanuka avuga ko hahise hakorwa ubutabazi bwihuse kuburyo inkomere zahise zijyanwa mu butaro.

 Muri video yagaragaye ku mbunga nkoranyambaga yerekanaga abagiraneza bariho bakora ubutabazi barokora abantu bari muri iyo modoka.

Ntamakuru aratangazwa y'umubare w'abantu iyo modoka yari itwaye ndetse n'umubare w'inkomere kuko ubutabazi bwari bugikorwa.

Bagabo John