•     

Abantu 59 bitabye Imana nyuma y'inkongi y'umuriro yibasiye akabyiniro

Abayobozi bavuga ko byibuze abantu 59 bitabye Imana abandi barenga 118 barakomereka, biturutse ku nkongi y'umuriro yibasiye akabyiniro kamwe mu Majyaruguru ya Makedoniya.

Abantu 59 bitabye Imana nyuma y'inkongi y'umuriro yibasiye akabyiniro
Abantu 59 bitabye Imana nyuma y'inkongi y'umuriro yibasiye akabyiniro

BBC ikinyamakuru Rubanda gikesha iyi nkuru cyanditse ko Inkongi y'umuriro yibasiye ako kabyiniro  ahagana mu ma saa mbiri n'igice z'ijoro ryo kuwa 16 Werurwe 2025, mu Ka byiniro kitwa Pulse mu gace kitwa i Kocani, mu mujyi uri ku birometero 100 mu burasirazuba bw'umurwa mukuru, Skopje.

Aka Ka byiniro kafashwe n'inkongi y'umuriro, abantu 59 bitaba Imana 

Abantu bagera ku 1.500 bari bitabiriye igitaramo cyari cyateguwe na bahanzi babiri bazwi cyane mu injyana ya Hip-hop, babarizwa mu itsinda rizwi nka DNK.

Amafoto yashyizwe hanze  yerekana igisenge cyinyubako cyaka umuriro.

Minisitiri w’intebe Hristijan Mickoski yavuze ko ari umunsi utoroshye kandi ubabaje cyane ku gihugu cyapfushije  umubare  bw’abasore benshi n'urubyiruko muri rusange rwari rwitabiriye icyo  gitaramo.

Bagabo John

Abantu 59 bitabye Imana nyuma y'inkongi y'umuriro yibasiye akabyiniro

Abantu 59 bitabye Imana nyuma y'inkongi y'umuriro yibasiye akabyiniro
Abantu 59 bitabye Imana nyuma y'inkongi y'umuriro yibasiye akabyiniro

Abayobozi bavuga ko byibuze abantu 59 bitabye Imana abandi barenga 118 barakomereka, biturutse ku nkongi y'umuriro yibasiye akabyiniro kamwe mu Majyaruguru ya Makedoniya.

BBC ikinyamakuru Rubanda gikesha iyi nkuru cyanditse ko Inkongi y'umuriro yibasiye ako kabyiniro  ahagana mu ma saa mbiri n'igice z'ijoro ryo kuwa 16 Werurwe 2025, mu Ka byiniro kitwa Pulse mu gace kitwa i Kocani, mu mujyi uri ku birometero 100 mu burasirazuba bw'umurwa mukuru, Skopje.

Aka Ka byiniro kafashwe n'inkongi y'umuriro, abantu 59 bitaba Imana 

Abantu bagera ku 1.500 bari bitabiriye igitaramo cyari cyateguwe na bahanzi babiri bazwi cyane mu injyana ya Hip-hop, babarizwa mu itsinda rizwi nka DNK.

Amafoto yashyizwe hanze  yerekana igisenge cyinyubako cyaka umuriro.

Minisitiri w’intebe Hristijan Mickoski yavuze ko ari umunsi utoroshye kandi ubabaje cyane ku gihugu cyapfushije  umubare  bw’abasore benshi n'urubyiruko muri rusange rwari rwitabiriye icyo  gitaramo.

Bagabo John