•     

Urubyiruko rwiraye mu murima wa Uhuru kenyatta batemagura ibiti byose

Kenya: kuri uyu wambere urubyiruko rusaga 1000 rwazindukiye mu myigaragambyo aho rwagiye mu murima wa Uhuru kenyatta rugatemagura ibiti biri muri uwo murima

Urubyiruko rwiraye mu murima wa Uhuru kenyatta batemagura ibiti byose
Urubyiruko rwiraye mu murima wa Uhuru kenyatta batemagura ibiti byose

Amakuru avuga ko urwo rubyiruko rwazindukiye mu murima wa Uhuru kenyatta bitewe nuko ariwe wihishe inyuma y'imyigaragambyo imaze iminsi ikorwa na Raila Odinga, maze rutema ibiti biteye muri uwo murima ndetse baniba amwe mu matungo nubwo atavuzwe ubwoko bwayo ndetse n'umubare wayo. 

Uretse urwo rubyiruko, muri iyi minsi bamwe mu baturage bavuga ko uwahoze ari Perezida wa Kenya Uhuru kenyatta yaba yihishe inyuma y'imyigaragambyo ndetse akaba anashyigikiye Raila Odinga.

Bamwe mubayobozi ba Azimio la umoja rya Raila Odinga bavuze ko imyigaragambyo bakora batayifashwamo na Uhuru kenyatta bavuga ko ibyo  ari ukumubeshyera.

Bagabo John

Urubyiruko rwiraye mu murima wa Uhuru kenyatta batemagura ibiti byose

Urubyiruko rwiraye mu murima wa Uhuru kenyatta batemagura ibiti byose
Urubyiruko rwiraye mu murima wa Uhuru kenyatta batemagura ibiti byose

Kenya: kuri uyu wambere urubyiruko rusaga 1000 rwazindukiye mu myigaragambyo aho rwagiye mu murima wa Uhuru kenyatta rugatemagura ibiti biri muri uwo murima

Amakuru avuga ko urwo rubyiruko rwazindukiye mu murima wa Uhuru kenyatta bitewe nuko ariwe wihishe inyuma y'imyigaragambyo imaze iminsi ikorwa na Raila Odinga, maze rutema ibiti biteye muri uwo murima ndetse baniba amwe mu matungo nubwo atavuzwe ubwoko bwayo ndetse n'umubare wayo. 

Uretse urwo rubyiruko, muri iyi minsi bamwe mu baturage bavuga ko uwahoze ari Perezida wa Kenya Uhuru kenyatta yaba yihishe inyuma y'imyigaragambyo ndetse akaba anashyigikiye Raila Odinga.

Bamwe mubayobozi ba Azimio la umoja rya Raila Odinga bavuze ko imyigaragambyo bakora batayifashwamo na Uhuru kenyatta bavuga ko ibyo  ari ukumubeshyera.

Bagabo John