•     

USA: Inteko ishinga Amategeko yasabye ko u Rwanda rurekura Paul Rusesabagina

Inteko ishinga Amategeko ya Amerika yongeye gusaba ko u Rwanda rwarekura Paul Rusesabagina wamaze gukatirwa n'inkiko zo mu Rwanda igifungo ki myaka 25 muri Gereza

USA: Inteko ishinga Amategeko yasabye ko u Rwanda rurekura Paul Rusesabagina
Paul Rusesabagina yakatiwe imyaka 25 muri Gereza

Muri Gashyantare 2022 abadepite babiri Kim wa California na Joaquin Castro wa Texas, bari basabye ko Paul Rusesabagina yarekurwa

Paul Rusesabagina yakatiwe n'inkiko nyuma yo guhamywa n'ibyaha by'iterabwoba akatirwa gufungwa imyaka 25

Rusesabagina yatawe muri yombi muri Kanama 2020, yatangiye kuburana ku itariki ya 20 Mutarama 2021, aburanishwa ari kumwe na bagenzi be 20 kuko ibyaha bakoze byari bifitanye isano.

Abadepite ba Amerika bongeye Gusaba ko u Rwanda rwarekura Paul Rusesabagina 

Paul Rusesabagina w’imyaka 67,yaregagwa ibyaha icyenda birimo kurema umutwe w’ingabo utemewe, kuba mu mutwe w’iterabwoba, gutera inkunga iterabwoba, ubwicanyi nk’igikorwa cy’iterabwoba, itwarwa ry’umuntu ritemewe n’amategeko nk’igikorwa cy’iterabwoba, kwiba hakoreshejwe intwaro nk’igikorwa cy’iterabwoba ndetse no gutwikira undi ku bushake, inyubako, ibigenewe gutwara abantu cyangwa ibintu nk’igikorwa cy’iterabwoba.

Bagabo John

USA: Inteko ishinga Amategeko yasabye ko u Rwanda rurekura Paul Rusesabagina

USA: Inteko ishinga Amategeko yasabye ko u Rwanda rurekura Paul Rusesabagina
Paul Rusesabagina yakatiwe imyaka 25 muri Gereza

Inteko ishinga Amategeko ya Amerika yongeye gusaba ko u Rwanda rwarekura Paul Rusesabagina wamaze gukatirwa n'inkiko zo mu Rwanda igifungo ki myaka 25 muri Gereza

Muri Gashyantare 2022 abadepite babiri Kim wa California na Joaquin Castro wa Texas, bari basabye ko Paul Rusesabagina yarekurwa

Paul Rusesabagina yakatiwe n'inkiko nyuma yo guhamywa n'ibyaha by'iterabwoba akatirwa gufungwa imyaka 25

Rusesabagina yatawe muri yombi muri Kanama 2020, yatangiye kuburana ku itariki ya 20 Mutarama 2021, aburanishwa ari kumwe na bagenzi be 20 kuko ibyaha bakoze byari bifitanye isano.

Abadepite ba Amerika bongeye Gusaba ko u Rwanda rwarekura Paul Rusesabagina 

Paul Rusesabagina w’imyaka 67,yaregagwa ibyaha icyenda birimo kurema umutwe w’ingabo utemewe, kuba mu mutwe w’iterabwoba, gutera inkunga iterabwoba, ubwicanyi nk’igikorwa cy’iterabwoba, itwarwa ry’umuntu ritemewe n’amategeko nk’igikorwa cy’iterabwoba, kwiba hakoreshejwe intwaro nk’igikorwa cy’iterabwoba ndetse no gutwikira undi ku bushake, inyubako, ibigenewe gutwara abantu cyangwa ibintu nk’igikorwa cy’iterabwoba.

Bagabo John