•     

Yasambanyije umurwayi wo mu mutwe amwizeza kuzajya amuha Capati

Kenya: Umugabo witwa Daniel Waka ufite imyaka 51 yitabye urukiko aho akurikiranyweho icyaha cyo gusambanya umugore ufite imyaka 35 ufite uburwayi bwo mu mutwe amwizeza kuzajya amuha Capati buri gihe

Yasambanyije umurwayi wo mu mutwe amwizeza kuzajya amuha Capati
Yasambanyije umurwayi wo mu mutwe amwizeza Capati

Uyu mugabo Daniel, ubushinja buramurega kuba muri Werurwe yarasambanyije umugore ufite uburwayi bwo mu mutwe amwizeza ko azajya amuha Capati buri gihe.

Uyu mugore ifite uburwayi bwo mu mutwe, ngo yari yasabwe nuwo mugabo Daniel kutazagira uwo abibwira amwizeza ko azajya amuha Capati burigihe.

Nyuma yaho uwo mugore yaje kubibwira abo babana murugo hanyuma niko guhita bajya gutanga ikirego hanyuma Daniel ahuta atabwa muri yombi.

Nyuma yo kugezwa mu rukiko Daniel yaje gutanga ingwate ingana na mashilingi 100.000 ararekurwa.

Urubanza rwahise rushyirwa tariki ya 27 Nzeri 2023.

Bagabo John

Yasambanyije umurwayi wo mu mutwe amwizeza kuzajya amuha Capati

Yasambanyije umurwayi wo mu mutwe amwizeza kuzajya amuha Capati
Yasambanyije umurwayi wo mu mutwe amwizeza Capati

Kenya: Umugabo witwa Daniel Waka ufite imyaka 51 yitabye urukiko aho akurikiranyweho icyaha cyo gusambanya umugore ufite imyaka 35 ufite uburwayi bwo mu mutwe amwizeza kuzajya amuha Capati buri gihe

Uyu mugabo Daniel, ubushinja buramurega kuba muri Werurwe yarasambanyije umugore ufite uburwayi bwo mu mutwe amwizeza ko azajya amuha Capati buri gihe.

Uyu mugore ifite uburwayi bwo mu mutwe, ngo yari yasabwe nuwo mugabo Daniel kutazagira uwo abibwira amwizeza ko azajya amuha Capati burigihe.

Nyuma yaho uwo mugore yaje kubibwira abo babana murugo hanyuma niko guhita bajya gutanga ikirego hanyuma Daniel ahuta atabwa muri yombi.

Nyuma yo kugezwa mu rukiko Daniel yaje gutanga ingwate ingana na mashilingi 100.000 ararekurwa.

Urubanza rwahise rushyirwa tariki ya 27 Nzeri 2023.

Bagabo John