•     

Yamaranye n'Umugabo imyaka irindwi atazi ko ari umutinganyi

Umugore wo muri Nigeria witwa Valencia Poise, yagaragaje akababaro yatewe no kuba yaramaze imyaka irindwi atazi ko umugabo we ari umutinganyi

Yamaranye n'Umugabo imyaka irindwi atazi ko ari umutinganyi
Umugore yamaze imyaka irindwi atazi ko Umugabo we ari umutinganyi

Uyu mugore nyuma yo gukora ubukwe n'Umugabo atatangaje amazina ye, yavuze ko bageze murugo umugabo akamubwira ko yakoze impanuka bamubaga mu rucyenyerero  atarakira neza kuburyo gutera akabariro bitakunda.

Umugore ya komeje kwihangana, nyuma y'imyaka itatu umugore atazi uko urubariro ruterwa, yasabye umugabo ko bajya kwa muganga bakareba niba ntakibazo afite,  uwo mugabo yamutwaye ku muganga wa baringa abwira umugore we ko umugabo we ntakibazo afite usibye ko uruti rw'umugongo arirwo rutarakira neza.

Umugore yakomeje kwihangana ariko nyuma aza ku bwirwa n'undi musore ko umugabo we ari umutinganyi, uwo musore yaje gutungira agatoki uwo mu gore mu kwezi kwa Kamena 2022 niko kugwa gitumo uwo mugabo arikumwe n'undi  mugabo bariho batingana. 

Uwo mugore nkuko yabigaragaje kuri Instagram yavuze ko yababajwe bikomeye nukuntu uwo mugabo yamuhemukiye yitwikiriye ko ari umukristo mu gihe kingana n'iyo myaka yose irindwi.

Bagabo John

Yamaranye n'Umugabo imyaka irindwi atazi ko ari umutinganyi

Yamaranye n'Umugabo imyaka irindwi atazi ko ari umutinganyi
Umugore yamaze imyaka irindwi atazi ko Umugabo we ari umutinganyi

Umugore wo muri Nigeria witwa Valencia Poise, yagaragaje akababaro yatewe no kuba yaramaze imyaka irindwi atazi ko umugabo we ari umutinganyi

Uyu mugore nyuma yo gukora ubukwe n'Umugabo atatangaje amazina ye, yavuze ko bageze murugo umugabo akamubwira ko yakoze impanuka bamubaga mu rucyenyerero  atarakira neza kuburyo gutera akabariro bitakunda.

Umugore ya komeje kwihangana, nyuma y'imyaka itatu umugore atazi uko urubariro ruterwa, yasabye umugabo ko bajya kwa muganga bakareba niba ntakibazo afite,  uwo mugabo yamutwaye ku muganga wa baringa abwira umugore we ko umugabo we ntakibazo afite usibye ko uruti rw'umugongo arirwo rutarakira neza.

Umugore yakomeje kwihangana ariko nyuma aza ku bwirwa n'undi musore ko umugabo we ari umutinganyi, uwo musore yaje gutungira agatoki uwo mu gore mu kwezi kwa Kamena 2022 niko kugwa gitumo uwo mugabo arikumwe n'undi  mugabo bariho batingana. 

Uwo mugore nkuko yabigaragaje kuri Instagram yavuze ko yababajwe bikomeye nukuntu uwo mugabo yamuhemukiye yitwikiriye ko ari umukristo mu gihe kingana n'iyo myaka yose irindwi.

Bagabo John