•     

90% kwambara inkweto bitera uburwayi- Doctor umaze imyaka itandatu yambara ibirenge

Doctor Hamis Kote Ali, utuye mu ntara ya Nairobi mugace ka Kasarani, yavuze ko amaze imyaka itandatu yambara ibirenge nyuma yo gukora ubushakashatsi agasanga 90% kwambara inkweto bitera indwara zitandukanye.

90% kwambara inkweto bitera uburwayi- Doctor umaze imyaka itandatu yambara ibirenge
Doctor umaze imyaka itandatu atambara inkweto

Mu kiganiro uyu muganga yahaye kimwe mu binyamakuru byo muri Kenya, yavuze ko ajya gufata icyemezo cyo kutambara inkweto byaturutse ku bushakashatsi yakoze ubwo yari muri kaminuza mu gihigu cy'Ubutariyani.

Yagize ati"  nize ibijyanye n'ubizima ariko cyane ku bijyanye n'imitsi ndetse n'amagufa y'umubiri, bityo muri ubwo bishakashatsi byagaragaye ko kugendesha ibirenge bituma amagufa y'umuntu akora neza ndetse n'imitsi muri rusange".

Doctor Hamisi Ali yavuzeko, muri ubwo bushakashatsti bwagaragaje ko 90% kwambara inkweto bitera indwara zitandukanye.

Doctor umaze imyaka itandatu atambara inkweto

Kuva muri 2019 uyu Doctor Ali agenda yambaye ibirenge ndetse ngo niyo agiye hanze y'igihugu nabwo ntajya yambara inkweto.

Bagabo John

90% kwambara inkweto bitera uburwayi- Doctor umaze imyaka itandatu yambara ibirenge

90% kwambara inkweto bitera uburwayi- Doctor umaze imyaka itandatu yambara ibirenge
Doctor umaze imyaka itandatu atambara inkweto

Doctor Hamis Kote Ali, utuye mu ntara ya Nairobi mugace ka Kasarani, yavuze ko amaze imyaka itandatu yambara ibirenge nyuma yo gukora ubushakashatsi agasanga 90% kwambara inkweto bitera indwara zitandukanye.

Mu kiganiro uyu muganga yahaye kimwe mu binyamakuru byo muri Kenya, yavuze ko ajya gufata icyemezo cyo kutambara inkweto byaturutse ku bushakashatsi yakoze ubwo yari muri kaminuza mu gihigu cy'Ubutariyani.

Yagize ati"  nize ibijyanye n'ubizima ariko cyane ku bijyanye n'imitsi ndetse n'amagufa y'umubiri, bityo muri ubwo bishakashatsi byagaragaye ko kugendesha ibirenge bituma amagufa y'umuntu akora neza ndetse n'imitsi muri rusange".

Doctor Hamisi Ali yavuzeko, muri ubwo bushakashatsti bwagaragaje ko 90% kwambara inkweto bitera indwara zitandukanye.

Doctor umaze imyaka itandatu atambara inkweto

Kuva muri 2019 uyu Doctor Ali agenda yambaye ibirenge ndetse ngo niyo agiye hanze y'igihugu nabwo ntajya yambara inkweto.

Bagabo John