•     

Agaca gashikuza abantu amafaranga bikomeje gutera impungenge

Agaca kari gasanzwe gashikuza abantu amafaranga ndetse n'ibyokurya mu gace kitwa Nalingu mu ntara ya Mtwara muri Tanzania, ubu noneho yatangiye gushikuza abantu bafite ifu ndetse n'isukari.

Agaca gashikuza abantu amafaranga bikomeje gutera impungenge
Agaca ka shikuzaga abantu amafaranga katangiye gushikuza n'ibyo kurya

Abaturage bakomeje guhangayikishwa n'agaca gashikuza abantu ibintu bafite mu ntoki baba bavuye kugura birimo, ifu ndetse n'isukari.

Ubundi ubwo ako gaca kageraga muri ako gace kabanje kujya gashikuza abantu amafaranga bafite mu ntoki ikayatwara, ubu noneho katangiye kujya gashikuza abantu ibyo kurya bavuye kugura birimo ifu n'isukari.

Umwe mubaturage yabwiye kimwe mu binyamakuru byandikirwa  muri Tanzania, ko ako gaca kamaze  kujujubya abaturage kuko iyo kakubonye ufite nkikiro ki fu cyangwa ikiro ki sukari gahita kabigushikuza ka kabitwara.

Yagize ati" Twibaza niba koko kariya ari agaca kuko ibyo gakora byo gushikuza abantu ibyo kurya bi dutera impungenge, iyo ufite ifu cyangwa isukari gahita kabigushikuza ka kabitwara  kuburyo bimaze ku dutera ihungabana rikomeye."

Umwe mu bayobozi wako gace Said Ally, nawe yemeje aya makuru avuga ko kariya gaca ibintu gkora bigaragara ko gafite  izindi mbaraga zitandukanye nuko basanzwe bazi agaca muri rusange,  yavuze ko bamaze gutanga amakuru kurwego rushinzwe ibinyabuzima kugirango barebe icyakorwa kuko abaturage basigaye bafite ubwoba kubera ibikorwa byako gaca. 

Bagabo John

Agaca gashikuza abantu amafaranga bikomeje gutera impungenge

Agaca gashikuza abantu amafaranga bikomeje gutera impungenge
Agaca ka shikuzaga abantu amafaranga katangiye gushikuza n'ibyo kurya

Agaca kari gasanzwe gashikuza abantu amafaranga ndetse n'ibyokurya mu gace kitwa Nalingu mu ntara ya Mtwara muri Tanzania, ubu noneho yatangiye gushikuza abantu bafite ifu ndetse n'isukari.

Abaturage bakomeje guhangayikishwa n'agaca gashikuza abantu ibintu bafite mu ntoki baba bavuye kugura birimo, ifu ndetse n'isukari.

Ubundi ubwo ako gaca kageraga muri ako gace kabanje kujya gashikuza abantu amafaranga bafite mu ntoki ikayatwara, ubu noneho katangiye kujya gashikuza abantu ibyo kurya bavuye kugura birimo ifu n'isukari.

Umwe mubaturage yabwiye kimwe mu binyamakuru byandikirwa  muri Tanzania, ko ako gaca kamaze  kujujubya abaturage kuko iyo kakubonye ufite nkikiro ki fu cyangwa ikiro ki sukari gahita kabigushikuza ka kabitwara.

Yagize ati" Twibaza niba koko kariya ari agaca kuko ibyo gakora byo gushikuza abantu ibyo kurya bi dutera impungenge, iyo ufite ifu cyangwa isukari gahita kabigushikuza ka kabitwara  kuburyo bimaze ku dutera ihungabana rikomeye."

Umwe mu bayobozi wako gace Said Ally, nawe yemeje aya makuru avuga ko kariya gaca ibintu gkora bigaragara ko gafite  izindi mbaraga zitandukanye nuko basanzwe bazi agaca muri rusange,  yavuze ko bamaze gutanga amakuru kurwego rushinzwe ibinyabuzima kugirango barebe icyakorwa kuko abaturage basigaye bafite ubwoba kubera ibikorwa byako gaca. 

Bagabo John