•     

Nyanza: meya Ntazinda yahakanye amakuru amaze iminsi avugwa, ashimangira ko adashinzwe imibanire y'abantu ashinzwe kureba uko akazi gakorwa.

Nyuma yaho mu karere ya nyanza havugiwe inkuru y'iyimurwa ry'abanyamabanga nshingwabikorwa b'imirenge ngo kubera kutabana neza n"abayobozi b'utugari, umuyobozi w'akatere yabihakanye.

Nyanza: meya Ntazinda yahakanye amakuru amaze iminsi avugwa, ashimangira ko adashinzwe imibanire y'abantu ashinzwe kureba uko akazi gakorwa.
Meya Ntazinda Erasme yavuze ko ashinzwe kureba uko akazi gakorwa adashinzwe imibanire y'abantu.

Mu kiganiro kihariye meya w'akarere ka Nyanza bwana Ntazinda Erasme yagiranye n'ikinyamakuru rubanda.rw yavuzeko ibyo kwimura abagitifu b'imirenge kuko babanye nabi n'abagenzi babo b'utugari Ari ibihuha ahubwo ahubwo byakozwe mu rwego rwo rwokongera imbaraga hamwe na hamwe kuko abantu ntibagira imbaraga zingana.

Meya Ntazinda Ati" abantu basobanura ibintu uko babyumva gusa ni ukubeshya ntaho bihuriye niri yimurwa ry'abagitifu b'imirenge. Twimuye abagitifu kumpamvu zigiye zinyuranye tureba ibintu byinshi,haraho tuba dukeneye imbaraga ze cyane kuko abantu ntibagira imbaraga zimwe rero ntaho bihuriye n'imibanire y'abagitifu ubwabo".

Akomeza avuga ko abagitifu b'utugari bumvako ibyo bagiye bandika mu minsi ishize ko begura kubera abanyamabanga nshingwabikorwa b'imirenge bababwira nabi, uzumva atubahirije inshingano ze Kandi akumva ko batazazimubaza icyo gihe ntakindi twamubwira. Ukuri nuko twabimuye dukeneye imbaraga zabo zirenze Aho bari bari.

Ikibazo cy'imibanire itari myiza hagati y'abagitifu b'utugari n'Abanyamabanga nshingwabikorwa b'imirenge kimaze iminsi mukarere ka Nyanza, meya yavuze ko atabyivangamo kuko ntashinzwe imibanire y'abantu ashinzwe kureba uko akazi gakorwa.

Mu magambo ye bwana Ntazinda yagize Ati" icyambere nakubwira nuko ntashinzwe imibanire y'abantu njye nshinzwe kureba uko akazi gakorwa,kumva rero ko batabanye neza,njye iyo mibanire sinzi iyariyo icyo mpamya nuko mubeguye Bose bavuze impamvu zabo bwite,ngerageza no kubahamagara ngo mbabaze impamvu Izarizo bashimangira ko arizabo bwite; abajya kwiga,abagiye guhindura akazi,undi we ntiyigeze ananyitaba nemeza ko imikorere yabo mibi kuri bamwe ariyo yatumye bava mu nshingano kuko nanjye nari nazibabajije"

Ku kuba hari  umugitifu waguye igihumure akajyanwa no kwa Muganga bikagugwa ko byatewe no kubwirwa nabi, Ntazinda yavuzeko Ari ukubeshya abyamaganira kure cyane.
Meya yasoje atanga ubutumwa ku banyamakuru bakoze inkuru zidafite verisiyo y'umubozi avuga ko ntabunyamwuga burimo.

i'm seasoned journalist known for insightful reporting and dedication to uncovering the truth. With a passion for storytelling and a commitment to journalistic integrity, i have carved a name for myself as a prominent figure in the media landscape and covered a wide range of topics, from health and business to culture and social issues. i thorough research and in-depth interviews since 2016

Nyanza: meya Ntazinda yahakanye amakuru amaze iminsi avugwa, ashimangira ko adashinzwe imibanire y'abantu ashinzwe kureba uko akazi gakorwa.

Nyanza: meya Ntazinda yahakanye amakuru amaze iminsi avugwa, ashimangira ko adashinzwe imibanire y'abantu ashinzwe kureba uko akazi gakorwa.
Meya Ntazinda Erasme yavuze ko ashinzwe kureba uko akazi gakorwa adashinzwe imibanire y'abantu.

Nyuma yaho mu karere ya nyanza havugiwe inkuru y'iyimurwa ry'abanyamabanga nshingwabikorwa b'imirenge ngo kubera kutabana neza n"abayobozi b'utugari, umuyobozi w'akatere yabihakanye.

Mu kiganiro kihariye meya w'akarere ka Nyanza bwana Ntazinda Erasme yagiranye n'ikinyamakuru rubanda.rw yavuzeko ibyo kwimura abagitifu b'imirenge kuko babanye nabi n'abagenzi babo b'utugari Ari ibihuha ahubwo ahubwo byakozwe mu rwego rwo rwokongera imbaraga hamwe na hamwe kuko abantu ntibagira imbaraga zingana.

Meya Ntazinda Ati" abantu basobanura ibintu uko babyumva gusa ni ukubeshya ntaho bihuriye niri yimurwa ry'abagitifu b'imirenge. Twimuye abagitifu kumpamvu zigiye zinyuranye tureba ibintu byinshi,haraho tuba dukeneye imbaraga ze cyane kuko abantu ntibagira imbaraga zimwe rero ntaho bihuriye n'imibanire y'abagitifu ubwabo".

Akomeza avuga ko abagitifu b'utugari bumvako ibyo bagiye bandika mu minsi ishize ko begura kubera abanyamabanga nshingwabikorwa b'imirenge bababwira nabi, uzumva atubahirije inshingano ze Kandi akumva ko batazazimubaza icyo gihe ntakindi twamubwira. Ukuri nuko twabimuye dukeneye imbaraga zabo zirenze Aho bari bari.

Ikibazo cy'imibanire itari myiza hagati y'abagitifu b'utugari n'Abanyamabanga nshingwabikorwa b'imirenge kimaze iminsi mukarere ka Nyanza, meya yavuze ko atabyivangamo kuko ntashinzwe imibanire y'abantu ashinzwe kureba uko akazi gakorwa.

Mu magambo ye bwana Ntazinda yagize Ati" icyambere nakubwira nuko ntashinzwe imibanire y'abantu njye nshinzwe kureba uko akazi gakorwa,kumva rero ko batabanye neza,njye iyo mibanire sinzi iyariyo icyo mpamya nuko mubeguye Bose bavuze impamvu zabo bwite,ngerageza no kubahamagara ngo mbabaze impamvu Izarizo bashimangira ko arizabo bwite; abajya kwiga,abagiye guhindura akazi,undi we ntiyigeze ananyitaba nemeza ko imikorere yabo mibi kuri bamwe ariyo yatumye bava mu nshingano kuko nanjye nari nazibabajije"

Ku kuba hari  umugitifu waguye igihumure akajyanwa no kwa Muganga bikagugwa ko byatewe no kubwirwa nabi, Ntazinda yavuzeko Ari ukubeshya abyamaganira kure cyane.
Meya yasoje atanga ubutumwa ku banyamakuru bakoze inkuru zidafite verisiyo y'umubozi avuga ko ntabunyamwuga burimo.

i'm seasoned journalist known for insightful reporting and dedication to uncovering the truth. With a passion for storytelling and a commitment to journalistic integrity, i have carved a name for myself as a prominent figure in the media landscape and covered a wide range of topics, from health and business to culture and social issues. i thorough research and in-depth interviews since 2016