Vatikani yagaragaje ko yiyemeje gufasha mu gukemura amakimbirane muri Sudani y'Amajyepfo na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo

Umunyamabanga wa Leta wa Vatikani, Karidinali Pietro Parolin,
yatangarije BBC dukesha iyi nkuru ko
Kiliziya Gatolika cyane cyane Papa Mutagatifu yiteguye kugira icyo ikora, akaba umuhuza mu makimbirane muri Sudani yepfo ndetse na DRC.nkuko babikoze mu Burayi, muntambara ibera muri Ukraine.
Papa Francis aracyafite umugambi wo gusura Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo na Sudani y'Amajyepfo.
Karidinali Paolin yahamagariye abaturage bo muri Sudani y'Amajyepfo kumvira umuhamagaro wa Papa wo kubana nk'abavandimwe
Bagabo John