•     

Abarimu babiri bari bahetswe kuri Moto bitabye Imana bazize impanuka y'imodoka

Abantu batanu muri Kenya, barimo abarimu babiri bitabye Imana bazize impanuka y'imodoka yari ipakiye imizigo ubwo yataga umuhanda ikagonga moto ebyiri , imwe murizo moto ikaba yari hetse abo barimu babiri bahasize ubuzima.

Abarimu babiri bari bahetswe kuri Moto bitabye Imana bazize impanuka y'imodoka
Abarimu babiri bitabye Imana bazize impanuka y'imodoka

Amakuru yatangajwe n'ibinyamakuru byo muri Kenya, avuga ko Umwarimu witwa Dorcas Nyamohanga,  hamwe na Mwarimu witwa Lucy Chakala, bitabye Imana kuri iki cyumweru yariki  ya 19 Mutarama 2025 bazize impanuka y'imodoka yagonze moto ebyiri imwe murizo ikaba yari ihetse abo barimu babiri.

Abarimu babiri bari bahetswe kuri Moto bitabye Imana bazize impanuka y'imodoka 

Iyo mpanuka yaburiyemo ubuzima bw'abantu batanu yabereye ku kiraro mu gace kitwa Nyabohanse mu ntara nto yitwa Mabera, mu ntara ya Migori.

Ntabwo hatanganjwe umubare wabakomeretse usibye Shoferi wiyo modoka niwe bivugwa ko yakomeretse bikomeye ahita atwarwa kwa muganga.

Bagabo John

Abarimu babiri bari bahetswe kuri Moto bitabye Imana bazize impanuka y'imodoka

Abarimu babiri bari bahetswe kuri Moto bitabye Imana bazize impanuka y'imodoka
Abarimu babiri bitabye Imana bazize impanuka y'imodoka

Abantu batanu muri Kenya, barimo abarimu babiri bitabye Imana bazize impanuka y'imodoka yari ipakiye imizigo ubwo yataga umuhanda ikagonga moto ebyiri , imwe murizo moto ikaba yari hetse abo barimu babiri bahasize ubuzima.

Amakuru yatangajwe n'ibinyamakuru byo muri Kenya, avuga ko Umwarimu witwa Dorcas Nyamohanga,  hamwe na Mwarimu witwa Lucy Chakala, bitabye Imana kuri iki cyumweru yariki  ya 19 Mutarama 2025 bazize impanuka y'imodoka yagonze moto ebyiri imwe murizo ikaba yari ihetse abo barimu babiri.

Abarimu babiri bari bahetswe kuri Moto bitabye Imana bazize impanuka y'imodoka 

Iyo mpanuka yaburiyemo ubuzima bw'abantu batanu yabereye ku kiraro mu gace kitwa Nyabohanse mu ntara nto yitwa Mabera, mu ntara ya Migori.

Ntabwo hatanganjwe umubare wabakomeretse usibye Shoferi wiyo modoka niwe bivugwa ko yakomeretse bikomeye ahita atwarwa kwa muganga.

Bagabo John