•     

Agace gatuwe n'Abagore gusa gafite impungenge

Muri Kenya hari agace gatuwe n'Abagore gusa ahitwa Samburu, ako gace gatewe impungenge n'Abagabo baturuka mu bindi bice bitwikira ijoro bakaza ku biba amatungo yabo harimo inka.

Agace gatuwe n'Abagore gusa gafite impungenge
Agace gatuwe n'Abagore gusa bafite impungenge z'Abagabo baza kwiba amatungo yabo

Kimwe mu kinyamakuru cyo muri kenya, cyanditse inkuru ivuga ko ako gace gatuwe n'Abagore gusa ngo gatewe impungenge n'abagabo baturuka mu bindi bice bitwikira ijoro bakaza kwiba amatungo yabo harimo inka. 

Ubundi intandaro yako gace gatuwe n'Abagore gusa, byaturutse ku bagore 15 bishyize hamwe bitewe nuko bahohoterwagwa n'Abagabo babo, ndetse harimo n'abashatse imburagihe hamwe na bagore bahatiwe gucyebwa.

Agace kitwa Samburu muri Kenya gatuwe n'Abagore gusa 

Abo bagore ahantu batuye ngo ntamugabo ubamo, ariko ngo hari bamwe mu bagore baba aho hantu usanga baba bakururana n'abahoze ari abagabo babo bigacyekwa ko aribo bitwikira ijoro bakaza kwiba amatungo yabo. 

Kugeza ubu ako ace gaatuwe n'abagore kamaze kugera ku miryango 45 yabatuye aho ngaho.

Bagabo John

Agace gatuwe n'Abagore gusa gafite impungenge

Agace gatuwe n'Abagore gusa gafite impungenge
Agace gatuwe n'Abagore gusa bafite impungenge z'Abagabo baza kwiba amatungo yabo

Muri Kenya hari agace gatuwe n'Abagore gusa ahitwa Samburu, ako gace gatewe impungenge n'Abagabo baturuka mu bindi bice bitwikira ijoro bakaza ku biba amatungo yabo harimo inka.

Kimwe mu kinyamakuru cyo muri kenya, cyanditse inkuru ivuga ko ako gace gatuwe n'Abagore gusa ngo gatewe impungenge n'abagabo baturuka mu bindi bice bitwikira ijoro bakaza kwiba amatungo yabo harimo inka. 

Ubundi intandaro yako gace gatuwe n'Abagore gusa, byaturutse ku bagore 15 bishyize hamwe bitewe nuko bahohoterwagwa n'Abagabo babo, ndetse harimo n'abashatse imburagihe hamwe na bagore bahatiwe gucyebwa.

Agace kitwa Samburu muri Kenya gatuwe n'Abagore gusa 

Abo bagore ahantu batuye ngo ntamugabo ubamo, ariko ngo hari bamwe mu bagore baba aho hantu usanga baba bakururana n'abahoze ari abagabo babo bigacyekwa ko aribo bitwikira ijoro bakaza kwiba amatungo yabo. 

Kugeza ubu ako ace gaatuwe n'abagore kamaze kugera ku miryango 45 yabatuye aho ngaho.

Bagabo John