Rv Karangwa John yandiye Pasiteri Ndayizeye isae urwandiko rumusabira kwegura.

Rev Karangwa John wigeze kuba Umuvugizi w'ungirije wa ADEPR, amaze gusubisa ibaruwa yandikiwe na Pasiteri Ndayizeye isae, amubwira ko atari Umukozi we kandi ko atamuhemba bityo ko nta bubasha afite bwo kumwambura inshingano za gishumba kuko atariwe wazimuhaye
Muri urwo rwandiko Rev Karangwa John yasabiye Ndayizeye ko ya kwegura ndetse anamenyesha izindi nzego zifite ububasha bwo ku mweguza.
Bagabo John