•     

Gitifu yirukanywe mu kazi azira gusambanira mu biro

Umunyamabanga nshingwabikorwa w'Akagari ka Mbigili mu karere ka Kilosa muri Tanzania witwa Mshani, yirukanywe mu kazi azira gusambanira muri biro by'Akagari.

Gitifu yirukanywe mu kazi azira gusambanira mu biro
Gitifu yirukanywe mukazi azira gusambanira mu biro

Uyu muyobizi  mubindi byatumye yirukanwa kuri uwo mwanya wa Gitufu w'Akagari , uretse gufatwa asambana yafashe amafaranga y'Akagari yari agenewe guhabwa abaturage batishoboye yo witeza imbere ayaha uwo mukobwa basambanye angana n'amashiringi. 500,000.

Uretse kwirukana uyu mugitifu agiye gushyikirizwa ubutabera kugirango aryoze gukoresha nabi umutungo wa leta mu nyunguze bwite nkuko byatangajwe numuyobozi w'Intara ya Mologoro Fatma Mwasa, mu kiganiro yagiranye n'abaturage ba Kilosa ahabereye ibyo bikorwa byuwo mugitifu wasambaniye mu biro.

Bagabo John

Gitifu yirukanywe mu kazi azira gusambanira mu biro

Gitifu yirukanywe mu kazi azira gusambanira mu biro
Gitifu yirukanywe mukazi azira gusambanira mu biro

Umunyamabanga nshingwabikorwa w'Akagari ka Mbigili mu karere ka Kilosa muri Tanzania witwa Mshani, yirukanywe mu kazi azira gusambanira muri biro by'Akagari.

Uyu muyobizi  mubindi byatumye yirukanwa kuri uwo mwanya wa Gitufu w'Akagari , uretse gufatwa asambana yafashe amafaranga y'Akagari yari agenewe guhabwa abaturage batishoboye yo witeza imbere ayaha uwo mukobwa basambanye angana n'amashiringi. 500,000.

Uretse kwirukana uyu mugitifu agiye gushyikirizwa ubutabera kugirango aryoze gukoresha nabi umutungo wa leta mu nyunguze bwite nkuko byatangajwe numuyobozi w'Intara ya Mologoro Fatma Mwasa, mu kiganiro yagiranye n'abaturage ba Kilosa ahabereye ibyo bikorwa byuwo mugitifu wasambaniye mu biro.

Bagabo John