•     

Hari ibigo bigomba kwegurirwa abikorera vuba na bwangu" Perezida Kagame".

Perezida wa Repubulika Paul Kame yavuze ko hari ibigo bigomba kwegurirwa abikorera kuko ngo batagomba kujya mu bucuruzi.

Hari ibigo bigomba kwegurirwa abikorera vuba na bwangu" Perezida Kagame".
Hari bimwe mu bigo bya Leta bigomba kwegurirwa abikorera

Ibi Perezida Kagame yabigarutseho kuri uyu wa 2 Nyakanga 2022 ubwo yakiraga indahiro za ba Minisitiri baherutse kujya muri Guverinoma.

Yagize ati"Hari ibigo bigomba kwegurirwa abikorera vuba na bwangu, Leta, guverinoma cyangwa inzego za leta. Ubundi ntabwo akazi kacu ari ukujya mu bucuruzi n’ibintu bisa nk’ibyo, ahubwo dufasha abikorera gucuruza kugira ngo bagere kuri byinshi. Ibyo ndibwira ko byumvika."

Minisitiri ushinzwe ishoramari rya leta Eric Rwigamba

Perezida Kagame yijeje ubufasha abayobozi bashya, avuga ko bari basanzwe mu mirimo mu zindi nzego za leta, bityo ko bagomba gukomeza gukorera igihugu nk’ibisanzwe.

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'Ubuhinzi n'Ubworozi Ildefonse Musafiri

Indahiro yakiriye harimo iza Minisitiri ushinzwe Ishoramari rya Leta, Eric Rwigamba ndetse  n'Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi, Ildephone Musafiri.

Bagabo John

Hari ibigo bigomba kwegurirwa abikorera vuba na bwangu" Perezida Kagame".

Hari ibigo bigomba kwegurirwa abikorera vuba na bwangu" Perezida Kagame".
Hari bimwe mu bigo bya Leta bigomba kwegurirwa abikorera

Perezida wa Repubulika Paul Kame yavuze ko hari ibigo bigomba kwegurirwa abikorera kuko ngo batagomba kujya mu bucuruzi.

Ibi Perezida Kagame yabigarutseho kuri uyu wa 2 Nyakanga 2022 ubwo yakiraga indahiro za ba Minisitiri baherutse kujya muri Guverinoma.

Yagize ati"Hari ibigo bigomba kwegurirwa abikorera vuba na bwangu, Leta, guverinoma cyangwa inzego za leta. Ubundi ntabwo akazi kacu ari ukujya mu bucuruzi n’ibintu bisa nk’ibyo, ahubwo dufasha abikorera gucuruza kugira ngo bagere kuri byinshi. Ibyo ndibwira ko byumvika."

Minisitiri ushinzwe ishoramari rya leta Eric Rwigamba

Perezida Kagame yijeje ubufasha abayobozi bashya, avuga ko bari basanzwe mu mirimo mu zindi nzego za leta, bityo ko bagomba gukomeza gukorera igihugu nk’ibisanzwe.

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'Ubuhinzi n'Ubworozi Ildefonse Musafiri

Indahiro yakiriye harimo iza Minisitiri ushinzwe Ishoramari rya Leta, Eric Rwigamba ndetse  n'Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi, Ildephone Musafiri.

Bagabo John