•     

Hon Ntezimana yasabye abayoboke ba Green Party kudatinya kwinjira muri Politiki

Umunyamabanga w'ishaka riharanira Demokarasi nokurengera ibidukikije (DGPR)Hon Depite Ntezimana Jean Claude yasabye abarwanashyaka kudatinya kwinjira muri Politiki ndetse no kugira imyitwarire myiza aho batuye.

Hon Ntezimana yasabye abayoboke ba Green Party kudatinya kwinjira muri Politiki
Hon Ntezimana yasabye abayoboke ba Green Party kudatinya kwinjira muri Politiki

Mu ijamba rya Hon Ntezimana,  yagize ati" murasabwa gukomeza kuba abarwana shyaka beza ndetse no kudatinya kwinjira muri Politiki".

Mubindi Hon Ntezimana yabwiye abarwanashyaka ko bagomba kuzana abandi barwanashyaka benshi, ikindi bakagira imyitwarire myinza aho batuye kuburyo umuntu azajya ababona ari aba Green., ari bandebereho.

Usibye ikiganiro cyatanzwe na Hon  Ntezimana, hari bibindi biganiro byatanzwe byibaze kugukangurira abarwanashyaka  gukora ubuhinzi n'ubworozi no gukoresha ifumbire n'imborera.

Kuri uyu wagatanu DGPR  irakomereza mu karere ka Kirehe. 

Bagabo John

Hon Ntezimana yasabye abayoboke ba Green Party kudatinya kwinjira muri Politiki

Hon Ntezimana yasabye abayoboke ba Green Party kudatinya kwinjira muri Politiki
Hon Ntezimana yasabye abayoboke ba Green Party kudatinya kwinjira muri Politiki

Umunyamabanga w'ishaka riharanira Demokarasi nokurengera ibidukikije (DGPR)Hon Depite Ntezimana Jean Claude yasabye abarwanashyaka kudatinya kwinjira muri Politiki ndetse no kugira imyitwarire myiza aho batuye.

Mu ijamba rya Hon Ntezimana,  yagize ati" murasabwa gukomeza kuba abarwana shyaka beza ndetse no kudatinya kwinjira muri Politiki".

Mubindi Hon Ntezimana yabwiye abarwanashyaka ko bagomba kuzana abandi barwanashyaka benshi, ikindi bakagira imyitwarire myinza aho batuye kuburyo umuntu azajya ababona ari aba Green., ari bandebereho.

Usibye ikiganiro cyatanzwe na Hon  Ntezimana, hari bibindi biganiro byatanzwe byibaze kugukangurira abarwanashyaka  gukora ubuhinzi n'ubworozi no gukoresha ifumbire n'imborera.

Kuri uyu wagatanu DGPR  irakomereza mu karere ka Kirehe. 

Bagabo John