•     

Indaya yagabanyije igiciro ikubitwa nangenzi yayo izakabwana

Bapfuye umukiriya bitewe nuko yagabanyije ibiciro uko bihagaze ku soko ry'indaya

Indaya yagabanyije igiciro ikubitwa nangenzi yayo izakabwana
Indaya zapfuye ibiciro ku mukiriya bituma imwe ikubitwa izakabwana

Muri Kenya haravugwa inkuru y'indaya yihaye kugabanya ibiciro ubwo umukiriya yari ho abaza ngenzi yayo uko ibiciro bihagaze ku isoko

Uwo mukiriya yabagije uko ibiciro bihagaze hanyuma imwe murizo ndaya ihita ivuga ko igiciro ari Amashiringi 150,  ni mugihe uko isoko rihagaze ari Amashiringi 350.

Nyuma yo kumva iyo ndaya igabanyije igiciro yahise igira umujinya itangira gukubita uwo wihaye ku manura ibiciro kuburyo yakomeretse bikabije.

Nyuma hayo iyo ndaya ikubiswe izira kugabanya ibiciro yahise itanga ikirego mu rukiko asaba ko yahabwa ubutabera kandi agahabwa n'indishyi y'akababaro ingana n'amashiringi 40000.

Ubwo wasobanuraga mu rukiko uko ikibazo cyagenze yagize ati" Haje umukiriya arambaza ngo ibiciro ni angahe? ndamubwira ngo ni 350, ako kanya uyu mugenzi wange yahise amubwira ngo ngewe ndaguherera kuri 150.Mubyu kuri byambabaje kuko ngewe uyu mwuga nkora ndawishimiye kuko urantunze unyishyurira inzu ndetse ukanyishyurira n'abana bange amafaranga y'ishuri ntampamvu nimwe rero yo kungabanyiriza biciro ku mu kiriya wange".

Ibi byabaye tariki ya 7 Ukuboza 2022 ariko kuri uyu wa 9 Ukuboza 2022 nibwo bitabye uru Kiko rwa Mombasa.

Bagabo John

Indaya yagabanyije igiciro ikubitwa nangenzi yayo izakabwana

Indaya yagabanyije igiciro ikubitwa nangenzi yayo izakabwana
Indaya zapfuye ibiciro ku mukiriya bituma imwe ikubitwa izakabwana

Bapfuye umukiriya bitewe nuko yagabanyije ibiciro uko bihagaze ku soko ry'indaya

Muri Kenya haravugwa inkuru y'indaya yihaye kugabanya ibiciro ubwo umukiriya yari ho abaza ngenzi yayo uko ibiciro bihagaze ku isoko

Uwo mukiriya yabagije uko ibiciro bihagaze hanyuma imwe murizo ndaya ihita ivuga ko igiciro ari Amashiringi 150,  ni mugihe uko isoko rihagaze ari Amashiringi 350.

Nyuma yo kumva iyo ndaya igabanyije igiciro yahise igira umujinya itangira gukubita uwo wihaye ku manura ibiciro kuburyo yakomeretse bikabije.

Nyuma hayo iyo ndaya ikubiswe izira kugabanya ibiciro yahise itanga ikirego mu rukiko asaba ko yahabwa ubutabera kandi agahabwa n'indishyi y'akababaro ingana n'amashiringi 40000.

Ubwo wasobanuraga mu rukiko uko ikibazo cyagenze yagize ati" Haje umukiriya arambaza ngo ibiciro ni angahe? ndamubwira ngo ni 350, ako kanya uyu mugenzi wange yahise amubwira ngo ngewe ndaguherera kuri 150.Mubyu kuri byambabaje kuko ngewe uyu mwuga nkora ndawishimiye kuko urantunze unyishyurira inzu ndetse ukanyishyurira n'abana bange amafaranga y'ishuri ntampamvu nimwe rero yo kungabanyiriza biciro ku mu kiriya wange".

Ibi byabaye tariki ya 7 Ukuboza 2022 ariko kuri uyu wa 9 Ukuboza 2022 nibwo bitabye uru Kiko rwa Mombasa.

Bagabo John