•     

Itangazamakuru riratungwa agatoki guhoza abandi ku nkeke

Mubiganiro byateguwe na Minisiteri y'umuryango n'iterambere n'itangazamakuru hamwe n'abafatanyabikorwa batandukanye byabaye Kuri uyu wa 29 Ugushyingo 2022. Madame Marie Immaculée Ingabire yavuze itangazamakuru rihoza undi ku nkeke mu buryo bumwe cyangwa ubundi

Itangazamakuru riratungwa agatoki guhoza abandi ku nkeke
Itangazamakuru riratungwa agatoki guhoza abandi ku nkeke

Umuyobozi wa Transparency International Rwanda Marie Immaculée Ingabire avuga ko hari bamwe mu banyamakuru bahoza abandi ku nkeke, aha yatanze urugero rw'umwe mu bakobwa atavuze izina uherutse kuzuza inzu yo kubamo ariko itangazamakuru rigatangira kuvuga ko amafaranga yabonye mu buraya ngo aho yanjyaga gusambabana muri Nigeria.

Ati'' Itangazamakuru rikunda kugaragaza ihohoterwa rishingiye kugitsina cyane cyane umugabo wakubise umugore we ariko bakibagirwa ko hari ihohoterwa ritajya rivugagwa harimo iryo guhoza undi ku nkeke, urugero hari umwana w'umukobwa uherutse kuzuza inzu hanyuma itangazamakuru ritangira kuvuga ko iyo nzu yayibonye mu mafaranga yakuye mu busambanyi ibi ni uguhoza undi ku nkeke"

Muri ibi biganiro itangazamakuru ryasabwe kuba umuyoboro ufasha umuturage wa korewe ihohoterwa rishingiye kugitsina kujya atanga Amakuru ako kanya bikiba kandi bagakangurira abahohotewe kugana Ikigo Isange one Stop Center kugirango ngo babashe gufashwa.

Mubindi itangazamakuru ryasabwe kurwanya ihohotera rikorerwa ku gitsina no kwirinda inkuru zigira uwo zihohotera

Bagabo John

Itangazamakuru riratungwa agatoki guhoza abandi ku nkeke

Itangazamakuru riratungwa agatoki guhoza abandi ku nkeke
Itangazamakuru riratungwa agatoki guhoza abandi ku nkeke

Mubiganiro byateguwe na Minisiteri y'umuryango n'iterambere n'itangazamakuru hamwe n'abafatanyabikorwa batandukanye byabaye Kuri uyu wa 29 Ugushyingo 2022. Madame Marie Immaculée Ingabire yavuze itangazamakuru rihoza undi ku nkeke mu buryo bumwe cyangwa ubundi

Umuyobozi wa Transparency International Rwanda Marie Immaculée Ingabire avuga ko hari bamwe mu banyamakuru bahoza abandi ku nkeke, aha yatanze urugero rw'umwe mu bakobwa atavuze izina uherutse kuzuza inzu yo kubamo ariko itangazamakuru rigatangira kuvuga ko amafaranga yabonye mu buraya ngo aho yanjyaga gusambabana muri Nigeria.

Ati'' Itangazamakuru rikunda kugaragaza ihohoterwa rishingiye kugitsina cyane cyane umugabo wakubise umugore we ariko bakibagirwa ko hari ihohoterwa ritajya rivugagwa harimo iryo guhoza undi ku nkeke, urugero hari umwana w'umukobwa uherutse kuzuza inzu hanyuma itangazamakuru ritangira kuvuga ko iyo nzu yayibonye mu mafaranga yakuye mu busambanyi ibi ni uguhoza undi ku nkeke"

Muri ibi biganiro itangazamakuru ryasabwe kuba umuyoboro ufasha umuturage wa korewe ihohoterwa rishingiye kugitsina kujya atanga Amakuru ako kanya bikiba kandi bagakangurira abahohotewe kugana Ikigo Isange one Stop Center kugirango ngo babashe gufashwa.

Mubindi itangazamakuru ryasabwe kurwanya ihohotera rikorerwa ku gitsina no kwirinda inkuru zigira uwo zihohotera

Bagabo John