•     

Yatawe muri yombi na Polisi azira kwishimuta

Kenya: Umusore ufite imyaka 19 witwa Naifu Sulaiman, yafashe icyemezo cyo kwishimuta kugirango abone amafaranga yo kugura imyenda n'inkweto ahita atabwa muri yombi na Polisi.

Yatawe muri yombi na Polisi azira kwishimuta
Yatawe muri yombi azira kwishimuta

Polisi muri Kenya mu intara ya Kano  yataye muri yombi umusore witwa Naifu Sulaiman wafashe icyemezo cyo kwishimuta kugirango yake amafaranga nyirarume yari asanzwe akorera.

Uyu musore yatangarije Polisi ko yakoreshe indi telefone hanyuma abwira nyirarume we ko bamushimuse bityo yakohereza amafaranga kugirango bamurekure.

Uwo nyirarume ngo yohereje amashilingi 77,900 uwo musore yahise afata ayo amafaranga ajya ku yahisha ahantu ngo bitaza ku menyekana hanyuma ku bwibyago, ahantu yayahishe umuntu ahita aza nawe arayiba.

Daily Trust yatangaje ko uwo musore yari afite ikibazo ashaka kugura imyenda ndetse n'inkweto hanyuma nibwo yahitaga avuga ko bamushimuse ngo nyirarume amuhe ayo mafaranga abashe kugura ibyo yashakaga.

Naifu ubusanzwe yakoreraga nyirarume aho yamucururizaga ibikoresho by'ubibatsi harimo na Simaa

Bagabo John

Yatawe muri yombi na Polisi azira kwishimuta

Yatawe muri yombi na Polisi azira kwishimuta
Yatawe muri yombi azira kwishimuta

Kenya: Umusore ufite imyaka 19 witwa Naifu Sulaiman, yafashe icyemezo cyo kwishimuta kugirango abone amafaranga yo kugura imyenda n'inkweto ahita atabwa muri yombi na Polisi.

Polisi muri Kenya mu intara ya Kano  yataye muri yombi umusore witwa Naifu Sulaiman wafashe icyemezo cyo kwishimuta kugirango yake amafaranga nyirarume yari asanzwe akorera.

Uyu musore yatangarije Polisi ko yakoreshe indi telefone hanyuma abwira nyirarume we ko bamushimuse bityo yakohereza amafaranga kugirango bamurekure.

Uwo nyirarume ngo yohereje amashilingi 77,900 uwo musore yahise afata ayo amafaranga ajya ku yahisha ahantu ngo bitaza ku menyekana hanyuma ku bwibyago, ahantu yayahishe umuntu ahita aza nawe arayiba.

Daily Trust yatangaje ko uwo musore yari afite ikibazo ashaka kugura imyenda ndetse n'inkweto hanyuma nibwo yahitaga avuga ko bamushimuse ngo nyirarume amuhe ayo mafaranga abashe kugura ibyo yashakaga.

Naifu ubusanzwe yakoreraga nyirarume aho yamucururizaga ibikoresho by'ubibatsi harimo na Simaa

Bagabo John