•     

Abapasiteri babiri batawe muri yombi bazira kwambara imyenda ya Gisirikare

Angola: Abapasiteri babiri batawe muri yombi bazira kwambara imyenda isa neza niyambarwa n'igisirikare cya Angola

Abapasiteri babiri batawe muri yombi bazira kwambara imyenda ya Gisirikare
Batawe muri yombi bazira kwambara imyenda isa ni ya Gisirikare

Abo bapasiteri basengera mu itorero ritari ryemerwa ryitwa (jeshi la imani) Igisirikare cy'amahoro.

Amakuru avuga ko inzego z'ubutasi (SIC) arizo zataye muri yombi abo bagabo nyuma yaho hasohokeye video igaragaza abo bakozi bi Mana  bari mu giterane cyari kitabiriwe n'urubyiruko rugera kuri 80  bambaye imyenda isa neza ni yambarwa n'ingabo za Angola harimo n'ibirango byambarwa  n'abasirikare bakuru bizwi nk'ibirokoroko.

Umuvugizi w'ururwego rw'ubutasi ( SIC) Manuel Halaiwa, yavuze ko abo bagabo bazakurikiranwa ku cyaha cyo kwambara imyenda  isa n'iyingabo za Angola, ikindi nuko iryo torero ritaremerwa kuko nta byangombwa rifite.

Ikinyamakuru VOA giherutse gutangaza ko inzego z'umutekano muri Angola zigiye gushakisha abantu bashinze insengero zitemewe ndetse nabavuga ko bakora ibitangaza.

Bagabo John

Abapasiteri babiri batawe muri yombi bazira kwambara imyenda ya Gisirikare

Abapasiteri babiri batawe muri yombi bazira kwambara imyenda ya Gisirikare
Batawe muri yombi bazira kwambara imyenda isa ni ya Gisirikare

Angola: Abapasiteri babiri batawe muri yombi bazira kwambara imyenda isa neza niyambarwa n'igisirikare cya Angola

Abo bapasiteri basengera mu itorero ritari ryemerwa ryitwa (jeshi la imani) Igisirikare cy'amahoro.

Amakuru avuga ko inzego z'ubutasi (SIC) arizo zataye muri yombi abo bagabo nyuma yaho hasohokeye video igaragaza abo bakozi bi Mana  bari mu giterane cyari kitabiriwe n'urubyiruko rugera kuri 80  bambaye imyenda isa neza ni yambarwa n'ingabo za Angola harimo n'ibirango byambarwa  n'abasirikare bakuru bizwi nk'ibirokoroko.

Umuvugizi w'ururwego rw'ubutasi ( SIC) Manuel Halaiwa, yavuze ko abo bagabo bazakurikiranwa ku cyaha cyo kwambara imyenda  isa n'iyingabo za Angola, ikindi nuko iryo torero ritaremerwa kuko nta byangombwa rifite.

Ikinyamakuru VOA giherutse gutangaza ko inzego z'umutekano muri Angola zigiye gushakisha abantu bashinze insengero zitemewe ndetse nabavuga ko bakora ibitangaza.

Bagabo John