•     

Yarashwe n'umuhigi amwitiranyije n'urukwavu

Ubushinwa: Umugabo yarashwe ahasiga ubuzima ubwo umuhigi ya mwitiranyaga n'urukwavu ariho ahiga mu ishyamba.

Yarashwe n'umuhigi amwitiranyije n'urukwavu
Umuhigi yishe ashe umuntu amwitiranyije n'urukwavu ahita yitaba Imana

Polisi yatangaje ko abagabo bane bamaze gutabwa muri yombi aho bakurikiranyweho mu kugira uruhare mu rupfu rwa Wang Moujin.

Ibi byabaye kuri mu mpera z'icyumweru gishyize ku wagatanu, ahitwa Shaxi, mu ntara ya Jiangxi aho Wang Moujin yarashwe  n'umuhigi amwitiranyije n'urukwavu  agahita yitaba Imana. 

Yarasiwe mu ishyamba bamwitiranyije n'urukwavu

Uwo muhigi utatangajwe amazina, bivugwa ko yabonye ikintu kinyegenyega mu byatsi agira ngo ni urukwavu ahita arasa maze uwo mugabo ahita agwa aho ngaho.

Nyuma yo kumva urusaku rw'amasasu Polisi yahise ihagera isanga umurambo muri iryo shyamba ryari hafi y'umugezi aho nyakwigendera yariho aroba amafi.

Bamwe mu bakoresha imbuga nkoranyambaga bavuze ko ikibazo cy'abantu batunze imbunda mu bushinwa kimaze igihe giteza umutekano muke mu gihugu.

Bagabo John

Yarashwe n'umuhigi amwitiranyije n'urukwavu

Yarashwe n'umuhigi amwitiranyije n'urukwavu
Umuhigi yishe ashe umuntu amwitiranyije n'urukwavu ahita yitaba Imana

Ubushinwa: Umugabo yarashwe ahasiga ubuzima ubwo umuhigi ya mwitiranyaga n'urukwavu ariho ahiga mu ishyamba.

Polisi yatangaje ko abagabo bane bamaze gutabwa muri yombi aho bakurikiranyweho mu kugira uruhare mu rupfu rwa Wang Moujin.

Ibi byabaye kuri mu mpera z'icyumweru gishyize ku wagatanu, ahitwa Shaxi, mu ntara ya Jiangxi aho Wang Moujin yarashwe  n'umuhigi amwitiranyije n'urukwavu  agahita yitaba Imana. 

Yarasiwe mu ishyamba bamwitiranyije n'urukwavu

Uwo muhigi utatangajwe amazina, bivugwa ko yabonye ikintu kinyegenyega mu byatsi agira ngo ni urukwavu ahita arasa maze uwo mugabo ahita agwa aho ngaho.

Nyuma yo kumva urusaku rw'amasasu Polisi yahise ihagera isanga umurambo muri iryo shyamba ryari hafi y'umugezi aho nyakwigendera yariho aroba amafi.

Bamwe mu bakoresha imbuga nkoranyambaga bavuze ko ikibazo cy'abantu batunze imbunda mu bushinwa kimaze igihe giteza umutekano muke mu gihugu.

Bagabo John