Bamwe mu baturage batuye mu bice bitandukanye mu Mujyi wa Mwanza muri Tanzania, bavuga ko ibiciro by'inko byazamutse kuburyo Rubanda rugufi rutagishobora kuyigondera cyeretse ubanje kwaka inguzanyo muri Bank, Inko y'isake iragura Amashilingi ibihumbi 5,5000
Bamwe mu baturage baganiriye n'ibinyamakuru kimwe muri Tanzania, bavuze ko ibiciro by'inko byazamutse kuburyo bukabije aho inkoko kazi yaguraga Amashilingi ibihumbi 20,000 ubu iragura Amashilingi ibihumbi 30,000, ni mugihe isake yaguraga ibihumbi 30, 000 ubu iragura Amashilingi ibihumbi 45,000 na 5,5000, Aya asaga gato hafi amafaranga ibihumbi 27,000 frw.

Isake iragura Amashilingi ibihumbi 5,5000
Umwe yagize Ati" mfite Umuryango w'abana batandatu, nagiye kubaza ibiciro by'inko nsanga iyamake igura Amashilingi ibihumbi 30,000, nabonye bitakunda biba ngombwa ko injya kugura inyama z'inka kuko ikiro kiragura ibihumbi 2,500"

Inkoko kazi iragura Amashilingi ibihumbi 30000
Undi yabwiye umunyamakuru asa n'utebya Ati" ubu inko iraribwa n'umuntu uvuye kwaka inguzanyo muri Bank kuko ntarubanda rwohasi rwagura inkoko y'amashilingi Ibihumbi 5,5000."

Zimwe mu mpamvu zatumye inkoko zitumbagira mu bikiciro biterwa nuko ngo aho bazikura mu cyaro usanga bibahenda kubera urugendo rwaho bazikura.
Bagabo John
