•     

Ishyaka CCM rigiye kwirukana abakozi baryo b'abanebwe

Ishyaka riri ku butegetsi muri Tanzania (CCM) Chama Cha Mapinduzi cyatanze impuruza kubakozi bayo ndetse nabokozi ba leta b'abanebwe ko bagiye kwirukanwa

Ishyaka CCM rigiye kwirukana abakozi baryo b'abanebwe
Ishyaka CCM rigiye kwirukana abakozi b'abanebwe

Ibi byatangajwe n'umunyamabanga mukuru w'iri shyaka CCM Daniel Chongolo, ubwo yagezaga ijambo ku bayobozi bashya batandukanye batowe kuri uyu wa kabiri 24 Mutarama 2023 i Dodoma

Ati" bimaze ku garagara ko hari bamwe mu bayobozi batuzuza inshingano zabo neza, ugasanga abaturage barinubira iyo mikorere bityo ko igihe kigeze ko umuntu utazajya yuzuza neza inshingano yahawe kubera ubunebwe, azajya yirukanwa hanyuma hajyeho ushoboye gukorera abaturage".

Nubwo uwo muyobozi ntamazina yavuze, gusa yatunze agatoki bamwe mu ba Minisitiri usanga batuzuza inshingano zabo uko bikwiye ahubwo bagahora mu magambo gusa, ngo igihe kirageze abantu bave mu magambo bakore ibikorwa.

Bagabo John 

Ishyaka CCM rigiye kwirukana abakozi baryo b'abanebwe

Ishyaka CCM rigiye kwirukana abakozi baryo b'abanebwe
Ishyaka CCM rigiye kwirukana abakozi b'abanebwe

Ishyaka riri ku butegetsi muri Tanzania (CCM) Chama Cha Mapinduzi cyatanze impuruza kubakozi bayo ndetse nabokozi ba leta b'abanebwe ko bagiye kwirukanwa

Ibi byatangajwe n'umunyamabanga mukuru w'iri shyaka CCM Daniel Chongolo, ubwo yagezaga ijambo ku bayobozi bashya batandukanye batowe kuri uyu wa kabiri 24 Mutarama 2023 i Dodoma

Ati" bimaze ku garagara ko hari bamwe mu bayobozi batuzuza inshingano zabo neza, ugasanga abaturage barinubira iyo mikorere bityo ko igihe kigeze ko umuntu utazajya yuzuza neza inshingano yahawe kubera ubunebwe, azajya yirukanwa hanyuma hajyeho ushoboye gukorera abaturage".

Nubwo uwo muyobozi ntamazina yavuze, gusa yatunze agatoki bamwe mu ba Minisitiri usanga batuzuza inshingano zabo uko bikwiye ahubwo bagahora mu magambo gusa, ngo igihe kirageze abantu bave mu magambo bakore ibikorwa.

Bagabo John