Ishyaka rya Azimio la Umoja One, kuri uyu wa gatatu tariki 26 Nyakanga 2023, ryibutse abantu 50 baherutse kugwa mu myigaragambyo iherutse kuba, Amarira niyo yiganje muri uwo muhango .
Muri uwo muhango wokwibuka inzirakarengaze zishwe bunyamaswa n'inzego z'umutekono by'umwihariko Polisi, bamwe mu badepite bagaragaye barira aho kwihangana byanze.
Muri abo badepite harimo Depite Mishi Mboko, uhagarariye agace ka Likoni.
Muri iryo joro ryokwibuka izo nzirakarengane, bacanye urumuri nkikimenyetso cyuko bazirikana ubutwari bwabaranze ubwo baharaniraga ko igihugu cyabo cyagira impinduka by'umwihariko mu buyobozi buranganjwe imbere na Perezida William Ruto .
Abari bitabiye ijoro ryo kwibuka, bavuze ko Polisi bakoresheje imbaraga z'umurengera muguta muri yombi abarwana Shyaka ba Raila Odinga arinaho haturutse bamwe kuhaburira ubuzima.
Bagabo John