•     

Kenya: Dr yiyahuye umunsi yagombaga gutwara inkwano kwa Sebukwe

Dr Joseph Patrick Ngonyani yiyahuye umunsi yagombaga gutwara inkwano kwa Sebukwe, apfa yiyahuje ishuka aho yari atuye Mugace kitwa Lotima, muri Kenya.

Kenya: Dr yiyahuye umunsi yagombaga gutwara inkwano kwa Sebukwe
Uyu n'uwahoze ari umukuunzi wa nyakwigendera

Uyu mu Dogiteri urupfurwe rwatunguye abantu kuko yiteguraga ubukwe tariki ya 28 Ukuboza 2022.

Amakuru avuga ko abo mu muryango we batunguwe no kumva ko yiyahuye aho yabaga, mugihe kuri uwo munsi yiyahuye aribwo yagombaga kutwara inkwano kwa Sebukwe.

Murumunawe watanze ubuhamya yavuze ko uwo munsi bavuganye amubaza imyiteguro y'ubukwe aho igeze akamubwira ko ntakibazo Kuko igeze kuri 90% , twaje gutungurwa no kumva ko yimanitse akoresheje ishuka.

Uyu mu Dogiteri yarasanzwe akora ku kigonderabuzima cyahitwa 
Saghana.

Ubwo yamenyaga amakuru yuko Sheri we yitabye Imana, uwo mukobwa witwa Naomi Sila, yahise agira ihungabana rikomeye.

Kugeza ubu ntabwo haramenyekana icyatumye uriya
Musore yiyahura, biteganyijwe ko azashyingurwa kuri uyu wa kane tariki 1.Ukuboza 2022

Umurambo wa nyakwigendera wahise utwarwa mu bitaro ngo ujye gukorerwa isuzuma

Bagabo John

Kenya: Dr yiyahuye umunsi yagombaga gutwara inkwano kwa Sebukwe

Kenya: Dr yiyahuye umunsi yagombaga gutwara inkwano kwa Sebukwe
Uyu n'uwahoze ari umukuunzi wa nyakwigendera

Dr Joseph Patrick Ngonyani yiyahuye umunsi yagombaga gutwara inkwano kwa Sebukwe, apfa yiyahuje ishuka aho yari atuye Mugace kitwa Lotima, muri Kenya.

Uyu mu Dogiteri urupfurwe rwatunguye abantu kuko yiteguraga ubukwe tariki ya 28 Ukuboza 2022.

Amakuru avuga ko abo mu muryango we batunguwe no kumva ko yiyahuye aho yabaga, mugihe kuri uwo munsi yiyahuye aribwo yagombaga kutwara inkwano kwa Sebukwe.

Murumunawe watanze ubuhamya yavuze ko uwo munsi bavuganye amubaza imyiteguro y'ubukwe aho igeze akamubwira ko ntakibazo Kuko igeze kuri 90% , twaje gutungurwa no kumva ko yimanitse akoresheje ishuka.

Uyu mu Dogiteri yarasanzwe akora ku kigonderabuzima cyahitwa 
Saghana.

Ubwo yamenyaga amakuru yuko Sheri we yitabye Imana, uwo mukobwa witwa Naomi Sila, yahise agira ihungabana rikomeye.

Kugeza ubu ntabwo haramenyekana icyatumye uriya
Musore yiyahura, biteganyijwe ko azashyingurwa kuri uyu wa kane tariki 1.Ukuboza 2022

Umurambo wa nyakwigendera wahise utwarwa mu bitaro ngo ujye gukorerwa isuzuma

Bagabo John