•     

Minisitiri w'intebe aracyekwaho gukoresha ibiyobyabwenge.

Minisitiri w’Intebe wa Finland Sanna Marin. aracyekwaho gukoresha ibiyobyabwenge, ni nyuma y’amashusho yagaragaye yahimbawe hamwe n’urungano

Minisitiri  w'intebe aracyekwaho gukoresha ibiyobyabwenge.
Minisitiri w'Intebe wa Finland Sanna Marin yasabiwe gusuzumwa ngo barebe niba adakoresha ibiyobyabwenge. 

Sanna Marin w’imyaka 36 yateye utwatsi abavuga ko gukoresha ibiyobyabwenge, anakurira inzira ku umurima abifuza ko yasuzumwa bakareba niba adakoresha ibiyobyabwenge. aho yavuze ko yiyizeye ko ari  mizima adakoresha ibiyobyabwenge.

Muri ayo mashusho hari amajwi yumvikana avugira ku ruhande umwe avuga ijambo ‘cacaine’, kimwe mu biyobyabwenge bikomeye.

Nyuma yaho ayo mashusho akwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga 

Bamwe mu baturage ba Finland  bya babaje bituma basabira uyu mu Minisitiri Sanna Marin kujya gupimwa kugira ngo harebwe niba adakoresha ibiyobyabwenge.


Kuri uyu wa 18 Kanama 2022 Minisitiri w’Intebe Marin yabwiye abanyamakuru ko ababajwe n’ibyabaye.

Ati"Nababajwe no kuba ariya mashusho yaragiye ahagaragara kuko  nari ndi kumwe n’inshuti zanjye twagiye kwishimisha bisanzwe cyane ko ntari no mukazi,  turabyina tunaririmba mu buryo budasanzwe.”

Yashimangiye  ko nta kosa yumva yakoze ahubwo agashinja abafashe ayo mashusho n’abayashyize hanze, kuba baramwinjiriye mu buzima bwite.

Bagabo John

Minisitiri w'intebe aracyekwaho gukoresha ibiyobyabwenge.

Minisitiri  w'intebe aracyekwaho gukoresha ibiyobyabwenge.
Minisitiri w'Intebe wa Finland Sanna Marin yasabiwe gusuzumwa ngo barebe niba adakoresha ibiyobyabwenge. 

Minisitiri w’Intebe wa Finland Sanna Marin. aracyekwaho gukoresha ibiyobyabwenge, ni nyuma y’amashusho yagaragaye yahimbawe hamwe n’urungano

Sanna Marin w’imyaka 36 yateye utwatsi abavuga ko gukoresha ibiyobyabwenge, anakurira inzira ku umurima abifuza ko yasuzumwa bakareba niba adakoresha ibiyobyabwenge. aho yavuze ko yiyizeye ko ari  mizima adakoresha ibiyobyabwenge.

Muri ayo mashusho hari amajwi yumvikana avugira ku ruhande umwe avuga ijambo ‘cacaine’, kimwe mu biyobyabwenge bikomeye.

Nyuma yaho ayo mashusho akwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga 

Bamwe mu baturage ba Finland  bya babaje bituma basabira uyu mu Minisitiri Sanna Marin kujya gupimwa kugira ngo harebwe niba adakoresha ibiyobyabwenge.


Kuri uyu wa 18 Kanama 2022 Minisitiri w’Intebe Marin yabwiye abanyamakuru ko ababajwe n’ibyabaye.

Ati"Nababajwe no kuba ariya mashusho yaragiye ahagaragara kuko  nari ndi kumwe n’inshuti zanjye twagiye kwishimisha bisanzwe cyane ko ntari no mukazi,  turabyina tunaririmba mu buryo budasanzwe.”

Yashimangiye  ko nta kosa yumva yakoze ahubwo agashinja abafashe ayo mashusho n’abayashyize hanze, kuba baramwinjiriye mu buzima bwite.

Bagabo John