•     

Abaduhemukiye bose muhumure ntabwo tuzihorera" Perezida Ruto".

Perezida William Ruto watowe kuyobora Kenya mu gihe kingana n'imyaka itanu, mu ijamborye akimara gutorwa yahumurije aba bahemukiye ko atazihorera.

Abaduhemukiye bose muhumure ntabwo tuzihorera" Perezida Ruto".
Perezida William Ruto yavuze ko abantu bose ba muhemukiye atazihorera.

William Ruto wari usanzwe ari Vice- Perezida wa Kenya yatowe ku majwi 50.49% mugihe uwo bari bahanganye Raila Odinga yabonye 48.85%

William Ruto mu ijambo rye yavuze ko hari abantu benshi  bumvaga ko atagera hariya ariko kubera ko mu ijuri hari Imana arahageze akomeza avuga ko ishimwe rye arituye abanyakenya. 

Perezida wa Kenya William Ruto 

Aha niho yahereye ahumuriza abantu bose ba muhemukiye ko atazihorera, ati" abantu mwese mwaduhemukiye muhumure ntabwo tuzihorera  kuko ntamwanya dufite wo  gusubira imyuma ahubwo ni ugukomeza imbere."

Mubindi nuko Perezida Ruto yashimye byimazeyo komisiyo y'amatora muri Kenya IEBC ku kazi kenshi yakoze kugira ngo amatora agende neza kugeza iyo komisiyo itangaje ibyavuye mu matora.

Bagabo John

Abaduhemukiye bose muhumure ntabwo tuzihorera" Perezida Ruto".

Abaduhemukiye bose muhumure ntabwo tuzihorera" Perezida Ruto".
Perezida William Ruto yavuze ko abantu bose ba muhemukiye atazihorera.

Perezida William Ruto watowe kuyobora Kenya mu gihe kingana n'imyaka itanu, mu ijamborye akimara gutorwa yahumurije aba bahemukiye ko atazihorera.

William Ruto wari usanzwe ari Vice- Perezida wa Kenya yatowe ku majwi 50.49% mugihe uwo bari bahanganye Raila Odinga yabonye 48.85%

William Ruto mu ijambo rye yavuze ko hari abantu benshi  bumvaga ko atagera hariya ariko kubera ko mu ijuri hari Imana arahageze akomeza avuga ko ishimwe rye arituye abanyakenya. 

Perezida wa Kenya William Ruto 

Aha niho yahereye ahumuriza abantu bose ba muhemukiye ko atazihorera, ati" abantu mwese mwaduhemukiye muhumure ntabwo tuzihorera  kuko ntamwanya dufite wo  gusubira imyuma ahubwo ni ugukomeza imbere."

Mubindi nuko Perezida Ruto yashimye byimazeyo komisiyo y'amatora muri Kenya IEBC ku kazi kenshi yakoze kugira ngo amatora agende neza kugeza iyo komisiyo itangaje ibyavuye mu matora.

Bagabo John