Perezida wa Kenya William Ruto ubwo yiyamamazaga mu matora aheruka, yemereye abaturage ko mu minsi 100 yambere hari ibibazo by'ingutu azaba amaze gukemura
Muribyo bibazo Perezida William Ruto yavuze ko azibandaho mu minsi yambere, harimo gushyiraho komite ishyinzwe gu kurikirana Imishahara y'inzego z'umutekano.

Gukora ibishoboka byose kuburyo inzego za leta zuhaba ibyemezo by'Ubutabera.
Mu bindi harimo kuza shyiraho abacamanza bose bazaba baremejwe n'urukiko bazakora mu rukiko rw'ubujurire.




Mu muhango wirahira rya Perezida William Ruto abakuru bi bihugu byose byomuri EAC bitabiriye ibyo birori.
Bagabo John
