•     

Kenya: Perezida Kenyatta yasabye imbabazi mbere yuko atanga inkoni y'ubushumba

Perezida ucyuye igihe Uhuru Kenyatta yasabye imbabazi ku muntu wese yaba yarakoshereje mu gihe yari kubutegetsi, avuga ko yaba yarabikoze atabigambiriye kuko ngo buri muntu hari aho ashobora kugira intege nke.

Kenya: Perezida Kenyatta yasabye imbabazi mbere yuko atanga inkoni y'ubushumba
Perezida Kenyatta yasabye imbabazi kubo yakoshereje mbere yuko atanga ubutegetsi

Harabura amasaha make muri Kenya ngo hagati ya Raila Odinga na William Ruto haboneke usimbura Uhuru Kenyatta.

Mu kiganiro yagiranye nibitangazamakuru Perezida Uhuru Kenyatta yavuze ko ku buyobozibwe yagerageje kuzuza inshinganoze uko yari ashobojwe.

Aha ninaho yahereye asaba imbabazi kubantu yaba yarakoshereje akiri ku butegetsi  yagize ati"  birashoboka ko haba hari uwo nakoshereje ariko ntabigambiriye igihe nari kubutegetsi  ndasaba imbabazi, kuko nange ndi    umuntu nakosa bityo ndasaba imbabazi uwo ariwe wese naba nara koshereje kuko umuntu hari aho agira intege nke".

Perezida Kenyatta yashinjwe kugambanira Vice Perezida we William Ruto 

Perezida Kenyatta yashyizwe mu majwi ko yagambaniye uwari Vice Perezida we William Ruto ngo ntazabe Perezida ahubwo ahitamo gushyikikira  uwo batavugaga rumwe ariwe  Raila Odinga.

Bagabo John

Kenya: Perezida Kenyatta yasabye imbabazi mbere yuko atanga inkoni y'ubushumba

Kenya: Perezida Kenyatta yasabye imbabazi mbere yuko atanga inkoni y'ubushumba
Perezida Kenyatta yasabye imbabazi kubo yakoshereje mbere yuko atanga ubutegetsi

Perezida ucyuye igihe Uhuru Kenyatta yasabye imbabazi ku muntu wese yaba yarakoshereje mu gihe yari kubutegetsi, avuga ko yaba yarabikoze atabigambiriye kuko ngo buri muntu hari aho ashobora kugira intege nke.

Harabura amasaha make muri Kenya ngo hagati ya Raila Odinga na William Ruto haboneke usimbura Uhuru Kenyatta.

Mu kiganiro yagiranye nibitangazamakuru Perezida Uhuru Kenyatta yavuze ko ku buyobozibwe yagerageje kuzuza inshinganoze uko yari ashobojwe.

Aha ninaho yahereye asaba imbabazi kubantu yaba yarakoshereje akiri ku butegetsi  yagize ati"  birashoboka ko haba hari uwo nakoshereje ariko ntabigambiriye igihe nari kubutegetsi  ndasaba imbabazi, kuko nange ndi    umuntu nakosa bityo ndasaba imbabazi uwo ariwe wese naba nara koshereje kuko umuntu hari aho agira intege nke".

Perezida Kenyatta yashinjwe kugambanira Vice Perezida we William Ruto 

Perezida Kenyatta yashyizwe mu majwi ko yagambaniye uwari Vice Perezida we William Ruto ngo ntazabe Perezida ahubwo ahitamo gushyikikira  uwo batavugaga rumwe ariwe  Raila Odinga.

Bagabo John