•     

Raila Odinga wahoze ari Minisitiri w’Intebe wa Kenya yitabye Imana afite imyaka 80

Raila Odinga, umwe mu banyapolitiki bakomeye mu mateka ya Kenya, yitabye Imana ku myaka 80 ubwo yari arimo kwitabwaho n’abaganga mu bitaro byo mu Buhinde, nk’uko byemejwe n’abo mu muryango we.

Raila Odinga wahoze ari Minisitiri w’Intebe wa Kenya yitabye Imana afite imyaka 80
Odinga yitabye Imana

Odinga yasize umugore n’abana batatu. Yabaye Minisitiri w’Intebe wa Kenya hagati y’umwaka wa 2008 na 2013, ndetse azwi cyane nk’umwe mu bayoboye urugamba rw’impinduka za demokarasi, uburenganzira bwa muntu n’impinduka z’ubuyobozi muri Kenya.


Nyuma y’urupfu rwe, Odinga azahora yibukwa nk’intwari yaharaniraga impinduka no guharanira imibereho myiza y’abaturage ba Kenya.

Raila Odinga wahoze ari Minisitiri w’Intebe wa Kenya yitabye Imana afite imyaka 80

Raila Odinga wahoze ari Minisitiri w’Intebe wa Kenya yitabye Imana afite imyaka 80
Odinga yitabye Imana

Raila Odinga, umwe mu banyapolitiki bakomeye mu mateka ya Kenya, yitabye Imana ku myaka 80 ubwo yari arimo kwitabwaho n’abaganga mu bitaro byo mu Buhinde, nk’uko byemejwe n’abo mu muryango we.

Odinga yasize umugore n’abana batatu. Yabaye Minisitiri w’Intebe wa Kenya hagati y’umwaka wa 2008 na 2013, ndetse azwi cyane nk’umwe mu bayoboye urugamba rw’impinduka za demokarasi, uburenganzira bwa muntu n’impinduka z’ubuyobozi muri Kenya.


Nyuma y’urupfu rwe, Odinga azahora yibukwa nk’intwari yaharaniraga impinduka no guharanira imibereho myiza y’abaturage ba Kenya.