Perezida wa Kenya William Ruto yasabye abantu bose bari barahunze igihugu ku ngoma ya Uhuru Kenyatta ko bagaruka mu gihugu abize ko ntakibazo bazagira.
Yavuze ko abahunze bose bagomba kugaruka kuko igihugu gifite umutekano kandi ko hari na Demokarasi
Yagize ati" Demokarasi irahari kandi buriwese afite uburenganzira bwo gutanga ibitekerezo mu bwisanzure gusa akirinda kwica itegeko Nshinga no kuvogera uburenganzira bwundi muntu".
Ibi yabitangaje kuri uyu wa gatatu Nyakanga 17 2022 ubwo yaganiraga n'abadepite baherutse gutorwa ndetse n'abayobozi bi Intara.

Perezida ucyuye igihe Uhuru Kenyatta bivugwa ko yashatse kwicisha uwari Vice Perezida we William Ruto.
Mubindi nuko yavuze ko abari barababajwe ndetse bagakandamizwa ko ibyo byarangiranye n'ingoma yasimbuye bityo ko ubutegetsi bwe butazigera bwihorera kubantu bose bifuje ku mugirira nabi nkuko BBC dukesha iyi nkuru yabitangaje.
Bagabo John.
