•     

Kenya: Umugabo yirashe kubera umugore yanze ko basubirana

Umugabo witwa Iyaz Mukhi ufite imyaka 63 utuye mugace kitwa Muthangari mu mujyi wa Nairobi, nyuma yogusaba imbabazi umugore we wari warahukanye amusaba ko basubirana hanyuma umugore abyanze undi ahitamo kwirasa ahasiga ubuzima.

Kenya: Umugabo yirashe kubera umugore yanze ko basubirana
Nyuma yaho umugore yanze ko basubirana yahisemo kwirasa ahasiga ubuzima

Uyu mugabo bivugwa ko ari umucuruzi,  yari yaratandukanye n'umugorewe babyaranye abana babiri muri Nzeri 2021.

Uyu mugabo ngo yakomeje guhenda henda uyu mugore ngo basubirane ariko inzozi ze ziba izubusa ntibyakunda niko gufata icyo cyemezo cyo kwiyambura ubuzima yirashe.

Igipolisi cyo muri Kenya kivuga ko buri munsi hapfa abantu babiri biyahuye 

Iyaz Mukhi, yari yagiye kuri uwo mugore hanyuma bimaze kwanga umugore amuhakiniye ko batasubirana yahise akura Pisitoli mu ikoti yari yambaye ahita yirasa abari ahongaho bahita bagira ubwoba bariruka barahunga.

Polisi yatangaje ko yatangiye iperera ngo barebe intandaro yo kwiyahura kuwo mugabo

Ikibazo cyo kwiyahura muri Kenya ngo cyamaze gufata indi ntera kuko Polisi yatangaje ko byibuze buri munsi hiyahura abantu babiri.

Bagabo John

Kenya: Umugabo yirashe kubera umugore yanze ko basubirana

Kenya: Umugabo yirashe kubera umugore yanze ko basubirana
Nyuma yaho umugore yanze ko basubirana yahisemo kwirasa ahasiga ubuzima

Umugabo witwa Iyaz Mukhi ufite imyaka 63 utuye mugace kitwa Muthangari mu mujyi wa Nairobi, nyuma yogusaba imbabazi umugore we wari warahukanye amusaba ko basubirana hanyuma umugore abyanze undi ahitamo kwirasa ahasiga ubuzima.

Uyu mugabo bivugwa ko ari umucuruzi,  yari yaratandukanye n'umugorewe babyaranye abana babiri muri Nzeri 2021.

Uyu mugabo ngo yakomeje guhenda henda uyu mugore ngo basubirane ariko inzozi ze ziba izubusa ntibyakunda niko gufata icyo cyemezo cyo kwiyambura ubuzima yirashe.

Igipolisi cyo muri Kenya kivuga ko buri munsi hapfa abantu babiri biyahuye 

Iyaz Mukhi, yari yagiye kuri uwo mugore hanyuma bimaze kwanga umugore amuhakiniye ko batasubirana yahise akura Pisitoli mu ikoti yari yambaye ahita yirasa abari ahongaho bahita bagira ubwoba bariruka barahunga.

Polisi yatangaje ko yatangiye iperera ngo barebe intandaro yo kwiyahura kuwo mugabo

Ikibazo cyo kwiyahura muri Kenya ngo cyamaze gufata indi ntera kuko Polisi yatangaje ko byibuze buri munsi hiyahura abantu babiri.

Bagabo John