Binyuze mu itsinda ry’abashakashatsi rwihishwa, BBC Africa Eye. yasanze hari abana bashimuswe n’ababyeyi batagira aho baba kandi bagurishwa mu muhanda ku madolari 450.
Umwana w'umuhungu arashobora kugurishwa $ 3000. Ariko ubu bucuruzi bubabaje ntibugarukira aho.
Hagaragaye kandi ibimenyetso by’abana bavutse bagurishwa mu mavuriro atemewe, kandi aba bana bagurishwa n’abashinzwe ubuzima mu bitaro bya Mama Lucy Kibaki i Nairobi.
Ubuyobozi bw'ibitaro ntabwo bwigeze busubiza ibirego bushinjwa nkuko ibinyamakuru byo muri Kenya byabitangaje
Bagabo John
