•     

Kirehe: Bishe murumuna wabo bavuga ko yagiye gushumba mu Mutara

Abasore babiri bafatanyije na se, bishe murumuna wabo hanyuma bakajya bavuga yuko yagiye gushumba mu Mutara, nyuma baje kwandikira ibaruwa aho bafungiye mu Igororero rya Ntsinda basaba kuza kwerekana aho bashyinguye murumuna wabo.

Kirehe: Bishe murumuna wabo bavuga ko yagiye gushumba mu Mutara
Bishe murumuna wabo bavuga ko yagiye gushumba mu mutara

Aba basore uko ari babiri basanzwe bafungiye mu Igororero rya Ntsinda aho bakatiwe  icyaha cyo kwica bishwa babo babiri bafatanyije na se ubabyara, ariko se yaje kugwa muri iryo gororero  aho yari akatiye burundu, nimugihe muri abo basore umukuru yatiwe inyamaka 25 hanyuma murumuna we akatirwa  burundu kuko yaburanye atemera icyaha.

Abo basore baje kwandikira ibaruwa ubuyobozi bw'Igororero rya Ntsinda basaba ko bajya kwerekana aho bashyinguye mu rumuna wabo ubusanzwe bavugaga ko yagiye gushumba mu Mutara.

Iyi niraporo yakozwe n'Umunyamabanga Nshingwa bikorwa w'Umurenge wa Musaza Bihoyiki Leonard.

Sir, 
D: Kirehe
S: Musaza
C:Kabuga
V:Kambwire
None kuwa 12/10/2023
Guhera Saa 10h00 -15h30 ahavuzwe haruguru kubufatanye bw'inzego z'ibanze, abaturage,inzego z'umutekano (RIB, Police,RCS ,DASSO) Ubuyobozi bw'umuremge hakozwe igikorwa cyo gushakisha umubiri w'umuntu witwa MANIRAKIZA NDAYISHIMIYE  15yrs 
wishwe  muri 2020 yishwe nabakuru be. 

1.NTIRENGANYA Vincent 35yrs
2.MANIZABAYO Jean Claude  26yrs bene BAVUMIRAGIRA Cyprien na MUKANGAYURUVUGO Jeanette Aba bakuru be bakaba baratanze amakuru bari mu Igororero rya Ntsinda  aho bari barakatiwe n'urukiko muri 2021 bazira kwica abishywa babo  babiri (2) bafatanije na se ubyara abo bagizi banabi.

Bakaba bagejejwe musaza kugirango Bagaragaze aho bashyize uwo murumuna wabo kugeza ubu umubiri wamaze kuboneka kandi baremera ko aribo bamwishe,   umubiri abaturage bagiye kuwushyingura  abo bafungwa basubijwe muri Gereza  aho bafungiye mugihe ubugenzacyaha buri gukora dosiye 

 Igikorwa cyashoje abaturage bagirwa inama yo kugumya gufatanya n'inzego zose mugutanga amakuru thx..

Amakuru avuga ko abo basore bishe murumuna wabo bitewe nuko bajyaga bacyeka ko ariwe utanga amakuru kuko ngo bari basanzwe ari abajura.

 Bagabo John 

Kirehe: Bishe murumuna wabo bavuga ko yagiye gushumba mu Mutara

Kirehe: Bishe murumuna wabo bavuga ko yagiye gushumba mu Mutara
Bishe murumuna wabo bavuga ko yagiye gushumba mu mutara

Abasore babiri bafatanyije na se, bishe murumuna wabo hanyuma bakajya bavuga yuko yagiye gushumba mu Mutara, nyuma baje kwandikira ibaruwa aho bafungiye mu Igororero rya Ntsinda basaba kuza kwerekana aho bashyinguye murumuna wabo.

Aba basore uko ari babiri basanzwe bafungiye mu Igororero rya Ntsinda aho bakatiwe  icyaha cyo kwica bishwa babo babiri bafatanyije na se ubabyara, ariko se yaje kugwa muri iryo gororero  aho yari akatiye burundu, nimugihe muri abo basore umukuru yatiwe inyamaka 25 hanyuma murumuna we akatirwa  burundu kuko yaburanye atemera icyaha.

Abo basore baje kwandikira ibaruwa ubuyobozi bw'Igororero rya Ntsinda basaba ko bajya kwerekana aho bashyinguye mu rumuna wabo ubusanzwe bavugaga ko yagiye gushumba mu Mutara.

Iyi niraporo yakozwe n'Umunyamabanga Nshingwa bikorwa w'Umurenge wa Musaza Bihoyiki Leonard.

Sir, 
D: Kirehe
S: Musaza
C:Kabuga
V:Kambwire
None kuwa 12/10/2023
Guhera Saa 10h00 -15h30 ahavuzwe haruguru kubufatanye bw'inzego z'ibanze, abaturage,inzego z'umutekano (RIB, Police,RCS ,DASSO) Ubuyobozi bw'umuremge hakozwe igikorwa cyo gushakisha umubiri w'umuntu witwa MANIRAKIZA NDAYISHIMIYE  15yrs 
wishwe  muri 2020 yishwe nabakuru be. 

1.NTIRENGANYA Vincent 35yrs
2.MANIZABAYO Jean Claude  26yrs bene BAVUMIRAGIRA Cyprien na MUKANGAYURUVUGO Jeanette Aba bakuru be bakaba baratanze amakuru bari mu Igororero rya Ntsinda  aho bari barakatiwe n'urukiko muri 2021 bazira kwica abishywa babo  babiri (2) bafatanije na se ubyara abo bagizi banabi.

Bakaba bagejejwe musaza kugirango Bagaragaze aho bashyize uwo murumuna wabo kugeza ubu umubiri wamaze kuboneka kandi baremera ko aribo bamwishe,   umubiri abaturage bagiye kuwushyingura  abo bafungwa basubijwe muri Gereza  aho bafungiye mugihe ubugenzacyaha buri gukora dosiye 

 Igikorwa cyashoje abaturage bagirwa inama yo kugumya gufatanya n'inzego zose mugutanga amakuru thx..

Amakuru avuga ko abo basore bishe murumuna wabo bitewe nuko bajyaga bacyeka ko ariwe utanga amakuru kuko ngo bari basanzwe ari abajura.

 Bagabo John