•     

kubungabunga ibidukikije bituma igihugu kigira ubukungu-Uwera Jacqueline

Komiseri ushinzwe ibidukikije muri GreenParty Madame Uwera Jacqueline, yabwiye urubyiruko rwo muri iryo shyaka ko kubungabunga ibidukikije bituma igihigu kigira ubukungu mu buryo burambye.

kubungabunga ibidukikije bituma igihugu kigira ubukungu-Uwera Jacqueline
kubungabunga ibidukikije bituma igihugu kigira ubukungu-Uwera Jacqueline

Kuri uyu wagatanu tariki ya 14 Ugushyingo 2025 Ishyaka riharanira Demokarasi nokurengera ibidukikije (DGPR) ryakomereje ibikorwa byaryo mu karere ka Kamonyi, aho abarwanashyaka bakoze inama n'amahugurwa.

Muri ayo mahugurwa Komiseri ushinzwe ibidukikije muri DGPR  Madamu Uwera Jaqueline, yatanze ikiganiro kuruhare rw'abarwanashyaka aho yibanze cyane ku ruhare rw'abagore kubera imbara basanganywe mu muryango Nyarwanda. 

Komiseri ushinzwe ibidukikije muri DGPR Madam Uwera Jacqueline 

Uwera yibukije ko kubungabunga ibidukikije bituma igihugu kigira ubukungu  buteye imbere mu buryo burambye kuko abaturage baba bafite ubuzima bwiza babikesha ibidukikije bibungabunzwe neza.

Iyi nama n'amahugirwa byashojwe  hatorwa inzego nshya zihagararira DGPR mu karere, kibaba ari igikorwa cyatangijwe na Hon Mugisha Alexis. 

Bagabo John

kubungabunga ibidukikije bituma igihugu kigira ubukungu-Uwera Jacqueline

kubungabunga ibidukikije bituma igihugu kigira ubukungu-Uwera Jacqueline
kubungabunga ibidukikije bituma igihugu kigira ubukungu-Uwera Jacqueline

Komiseri ushinzwe ibidukikije muri GreenParty Madame Uwera Jacqueline, yabwiye urubyiruko rwo muri iryo shyaka ko kubungabunga ibidukikije bituma igihigu kigira ubukungu mu buryo burambye.

Kuri uyu wagatanu tariki ya 14 Ugushyingo 2025 Ishyaka riharanira Demokarasi nokurengera ibidukikije (DGPR) ryakomereje ibikorwa byaryo mu karere ka Kamonyi, aho abarwanashyaka bakoze inama n'amahugurwa.

Muri ayo mahugurwa Komiseri ushinzwe ibidukikije muri DGPR  Madamu Uwera Jaqueline, yatanze ikiganiro kuruhare rw'abarwanashyaka aho yibanze cyane ku ruhare rw'abagore kubera imbara basanganywe mu muryango Nyarwanda. 

Komiseri ushinzwe ibidukikije muri DGPR Madam Uwera Jacqueline 

Uwera yibukije ko kubungabunga ibidukikije bituma igihugu kigira ubukungu  buteye imbere mu buryo burambye kuko abaturage baba bafite ubuzima bwiza babikesha ibidukikije bibungabunzwe neza.

Iyi nama n'amahugirwa byashojwe  hatorwa inzego nshya zihagararira DGPR mu karere, kibaba ari igikorwa cyatangijwe na Hon Mugisha Alexis. 

Bagabo John