•     

Minisitiri yitabye Imana

Uwahoze ari Minisitiri w'Uburezi muri Kenya witwa Prof George Magoha yitabye Imana afite imyaka 71

Minisitiri yitabye Imana
Prof George Magoha yitabye Imana

Amkuru y'urupfu rwuyu wahoze ari Minisitiri w'Uburezi yemejwe n'umugore we Dr  Barbra Magoha mu kiganiro yagiranye n'ikinyamakuru Daily Nation.

Prof George Magoha wahoze ari Minisitiri w'Uburezi muri kenya yitabye Imana 

Dr Barbara yavuze ko umugabo we yitabye Imana kuri uyu wa kabiri tariki 24 Mutarama 2023 aguye mu bitaro bya Nairobi aho yazize indwara y'umutima.

Bagabo John

Minisitiri yitabye Imana

Minisitiri yitabye Imana
Prof George Magoha yitabye Imana

Uwahoze ari Minisitiri w'Uburezi muri Kenya witwa Prof George Magoha yitabye Imana afite imyaka 71

Amkuru y'urupfu rwuyu wahoze ari Minisitiri w'Uburezi yemejwe n'umugore we Dr  Barbra Magoha mu kiganiro yagiranye n'ikinyamakuru Daily Nation.

Prof George Magoha wahoze ari Minisitiri w'Uburezi muri kenya yitabye Imana 

Dr Barbara yavuze ko umugabo we yitabye Imana kuri uyu wa kabiri tariki 24 Mutarama 2023 aguye mu bitaro bya Nairobi aho yazize indwara y'umutima.

Bagabo John