•     

Muri ADEPR haravugwamo Gereza zifunze abahoze ari Abashumba

Muri ADEPR ibintu bimaze gufata indi ntera aho bivugwa ko harimo Gereza zifunze abahoze ari Abashumba ku buryo nta bw'inyagamburiro bafite.

Muri ADEPR haravugwamo Gereza zifunze abahoze ari Abashumba
Muri ADEPR haravugwa ikitwa nkagereza zifunze abahaze ari Abashumba

Nyuma yikiswe impinduka zazanywe na Pasiteri Ndayizeye isae,  mu bubasha bwe bwite aho yirukanye ku mirimo abahoze ari Abashumba ndetse n'abakozi bitorero muri rusange, agasiga  akenesheje imiryango yabo. 

Ubu haravugwa amakuru yuko abahoze ari Abashumba bameze nkabantu bari muri Gereza kuko ngo nta mushumba wemerewe kugira aho ajya nta ruhushya asabye Ndayizeye isae, kandi mu byukuri aho basengera abo bashumba batemerewe gukora umurimo n'umwe wa Gishumba harimo Kwigisha ijambo ry'Imana, Gutanga igaburo ryera, Kubatiza, Gusezeranya n'izindi nshingano zose za Gishumba.

Mukiganiro yahaye Rubanda Tv, na Rubanda.rw  Pasiteri Theonest uri muri bamwe mu  bahagaritswe na Pasiteri Ndayizeye,  yavuze ko ubu muri ADEPR harimo icyo umuntu yakwita nka Gereza ku bahoze ari Abashumba. 

               Pasiteri Ntakirutimana Theoneste 

Yagize Ati"  Ibaze kuba muri Abashumba bagera nko mu munani mwese muteranira ahantu hamwe mutewerewe  gukora umurimo wa Gishumba ngo mwarahagaritswe ku nshingano, hanyuma ukaba utemerewe no kugira aho ujya udasabye uruhushya Ndayizeye, kuri twe tubona ko ari nka gereza twashyiriweho kuburyo umuntu atabona bw'inyagamburiro".

Kugeza ubu abahoze ari Abashumba bindembo ndetse n'ababungirije hamwe n'abahoze ari Abashumba b'Uturere, hatanzwe amabwiriza na Pasiteri Ndayizeye isae ko batemwerewe kugira inshingano nazimwe bakora mu Itorero usibye kugenda bakicara bagasenga gusa barangiza bagataha ntakindi bemerewe gukora.

Bagabo John

  • BAGABO Jhon
    BAGABO Jhon
    wowo BAGABO Jhon uri ikinyamatiku,uri ikibwa gusa,gusa IMANA IZAGUHANA itorero wirirwa usebya
    8 months ago Reply  Like (0)

Muri ADEPR haravugwamo Gereza zifunze abahoze ari Abashumba

Muri ADEPR haravugwamo Gereza zifunze abahoze ari Abashumba
Muri ADEPR haravugwa ikitwa nkagereza zifunze abahaze ari Abashumba

Muri ADEPR ibintu bimaze gufata indi ntera aho bivugwa ko harimo Gereza zifunze abahoze ari Abashumba ku buryo nta bw'inyagamburiro bafite.

Nyuma yikiswe impinduka zazanywe na Pasiteri Ndayizeye isae,  mu bubasha bwe bwite aho yirukanye ku mirimo abahoze ari Abashumba ndetse n'abakozi bitorero muri rusange, agasiga  akenesheje imiryango yabo. 

Ubu haravugwa amakuru yuko abahoze ari Abashumba bameze nkabantu bari muri Gereza kuko ngo nta mushumba wemerewe kugira aho ajya nta ruhushya asabye Ndayizeye isae, kandi mu byukuri aho basengera abo bashumba batemerewe gukora umurimo n'umwe wa Gishumba harimo Kwigisha ijambo ry'Imana, Gutanga igaburo ryera, Kubatiza, Gusezeranya n'izindi nshingano zose za Gishumba.

Mukiganiro yahaye Rubanda Tv, na Rubanda.rw  Pasiteri Theonest uri muri bamwe mu  bahagaritswe na Pasiteri Ndayizeye,  yavuze ko ubu muri ADEPR harimo icyo umuntu yakwita nka Gereza ku bahoze ari Abashumba. 

               Pasiteri Ntakirutimana Theoneste 

Yagize Ati"  Ibaze kuba muri Abashumba bagera nko mu munani mwese muteranira ahantu hamwe mutewerewe  gukora umurimo wa Gishumba ngo mwarahagaritswe ku nshingano, hanyuma ukaba utemerewe no kugira aho ujya udasabye uruhushya Ndayizeye, kuri twe tubona ko ari nka gereza twashyiriweho kuburyo umuntu atabona bw'inyagamburiro".

Kugeza ubu abahoze ari Abashumba bindembo ndetse n'ababungirije hamwe n'abahoze ari Abashumba b'Uturere, hatanzwe amabwiriza na Pasiteri Ndayizeye isae ko batemwerewe kugira inshingano nazimwe bakora mu Itorero usibye kugenda bakicara bagasenga gusa barangiza bagataha ntakindi bemerewe gukora.

Bagabo John

  • BAGABO Jhon
    BAGABO Jhon
    wowo BAGABO Jhon uri ikinyamatiku,uri ikibwa gusa,gusa IMANA IZAGUHANA itorero wirirwa usebya
    8 months ago Reply  Like (0)